Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga.
Ibikorwa by’ubujura bw’amatungo bikomeje gutera impungenge mu Karere ka Rubavu, aho abantu barindwi barimo umugore umwe bafatiwe mu cyuho bakekwaho kubaga no kugurisha inyama z’inka yibwe. Ibi byabaye mu rukerera …
Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga. Read More