Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga.

Ibikorwa by’ubujura bw’amatungo bikomeje gutera impungenge mu Karere ka Rubavu, aho abantu barindwi barimo umugore umwe bafatiwe mu cyuho bakekwaho kubaga no kugurisha inyama z’inka yibwe. Ibi byabaye mu rukerera …

Inzego zishinzwe umutekano zaguye gitumo Abajura barimo umugore umwe bibye Inka barayibaga. Read More

Ubutumwa bwa Perezida wa Mozambique mu gihe EU yahagaritse inkunga yahaga ingabo z’u Rwanda

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique. Mu minsi ishize, Perezida wa Mozambiqe, Daniel Francisco Chapo, yagaragaje ko igihugu cye kigifitiye icyizere gikomeye ingabo …

Ubutumwa bwa Perezida wa Mozambique mu gihe EU yahagaritse inkunga yahaga ingabo z’u Rwanda Read More

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique

Icyemezo cy’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi cyo guhagarika inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique cyongeye gukangura impaka ku ruhare rw’izo ngabo mu kugarura umutekano mu ntara ya Cabo Delgado, …

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wahagaritse inkunga wahaga ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique Read More

Perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma y’ibyo Abashinwa bakoze bikamuteranya na Amerika.

Perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma y’ibyo Abashinwa bakoze bikamuteranya na Amerika. Ubwumvikane hagati ya sosiyete ya Sicomines ihuriweho n’Abashinwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo burimo kugenda …

Perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma y’ibyo Abashinwa bakoze bikamuteranya na Amerika. Read More

Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Amavubi igiye guhura bwa mbere n’ikipe yo ku Mugabane w’u Burayi yijeje abakunzi ba yo igikombe

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, Bizimana Djihad, yatangaje ko ikipe ayoboye ifite intego yo kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, yegukana igikombe cya FIFA Series 2026 kiri …

Kapiteni w’ikipe y’igihugu, Amavubi igiye guhura bwa mbere n’ikipe yo ku Mugabane w’u Burayi yijeje abakunzi ba yo igikombe Read More

Abongereza bahaye AFC/M23 inkunga ikomeye cyane ishimangira ko abasirikare ba FARDC ari bo bagiye kwinjizwa muri iri huriro?

Ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kugaragaza gahunda irenze urugamba rwa gisirikare, aho riri gushyira imbere kuvugurura inzego z’umutekano no kuzamura ubukungu mu bice rigenzura mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya …

Abongereza bahaye AFC/M23 inkunga ikomeye cyane ishimangira ko abasirikare ba FARDC ari bo bagiye kwinjizwa muri iri huriro? Read More

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwamuritswe inkoranyamuga irimo ijambo Inkoreshakure n’andi magambo mashya

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwatangaje intambwe nshya igamije guteza imbere ikoreshwa ry’Ikinyarwanda mu nzego z’ikoranabuhanga, rugaragaza inkoranyamuga nshya igamije gusobanura no kwimika amagambo ajyanye n’isi ya none. Iyi nkoranyamuga …

Urwego rw’Igihugu rushinzwe umuco n’ururimi rwamuritswe inkoranyamuga irimo ijambo Inkoreshakure n’andi magambo mashya Read More

Jason Derulo yagaragaje ko atiyumvisha impamvu atarashaka ku myaka 37, avuga ku masomo yakuye mu rukundo

Umuhanzi w’Umunyamerika Jason Derulo uri mu bagezweho mu njyana ya R&B, yatangaje ko atiyumvisha uko ageze ku myaka 37 akiri ingaragu, nubwo yigeze kurota kubaka urugo akiri muto. Mu kiganiro …

Jason Derulo yagaragaje ko atiyumvisha impamvu atarashaka ku myaka 37, avuga ku masomo yakuye mu rukundo Read More