Ntibivuguruza ikoranabuhanga mu mashuri? U Rwanda rushaka gukumira ku mbuga nkoranyambaga abatarengeje imyaka 16

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko iri mu myiteguro yo gushyiraho amategeko agena uko abana bari munsi y’imyaka 16 batemererwa gukoresha imbuga nkoranyambaga, mu rwego rwo kubarinda ingaruka mbi zikomeje kugaragara …

Ntibivuguruza ikoranabuhanga mu mashuri? U Rwanda rushaka gukumira ku mbuga nkoranyambaga abatarengeje imyaka 16 Read More

Ba Ofisiye Bakuru mu ngabo za Uganda bakurikiranyweho kunyereza Lisanzi y’Igisirikare

Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwa Makindye ruherereye i Kampala rwatangiye kuburanisha dosiye iremereye iregwamo abasirikare bakuru bane bo mu Ngabo za Uganda (UPDF), bashinjwa gukoresha nabi umutungo wa Leta, by’umwihariko …

Ba Ofisiye Bakuru mu ngabo za Uganda bakurikiranyweho kunyereza Lisanzi y’Igisirikare Read More

Impinduka mu gisirikare cy’u Burundi: Kwimura intwaro ziremereye mu buryo budasanzwe bikomeje guteza impungenge.

Amakuru akomeje kuvugwa mu Burundi agaragaza impinduka zikomeye mu mikorere n’imicungire y’ibikoresho bya gisirikare, nyuma y’ibikorwa byavuzwe byo kwimura intwaro ziremereye n’amasasu mu buryo budasanzwe hagati y’umujyi wa Bujumbura n’umurwa …

Impinduka mu gisirikare cy’u Burundi: Kwimura intwaro ziremereye mu buryo budasanzwe bikomeje guteza impungenge. Read More

RDC: Ihuriro rya AFC/M23 ryatangiye gutwika intwaro zishaje no gutegura ibisasu byatezwe mu butaka.

Ubuyobozi bw’ihuriro rya AFC/M23 bwatangaje ko bwatangiye ibikorwa byo gutwika intwaro zishaje ndetse no gukuraho ibisasu byatezwe mu butaka mu bice bitandukanye byo muri Kivu y’Epfo, by’umwihariko mu kigo cya …

RDC: Ihuriro rya AFC/M23 ryatangiye gutwika intwaro zishaje no gutegura ibisasu byatezwe mu butaka. Read More

Uganda: Hakozwe umukwabo ukomeye cyane wasize abanyamahanga barenga 230 batawe muri yombi

Abanyamahanga barenga 230 batawe muri yombi muri Uganda mu mukwabo wakozwe n’inzego zishinzwe abinjira n’abasohoka, aho bakekwaho ibikorwa binyuranyije n’amategeko birimo ubwambuzi, gukoresha nabi ikoranabuhanga ndetse no gukora imirimo itemewe. …

Uganda: Hakozwe umukwabo ukomeye cyane wasize abanyamahanga barenga 230 batawe muri yombi Read More

Ndayishimiye impinduka zikomeye muri Guverinoma mu gihe urupfu rwa Bugaga rukomeje guteza impaka

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gukora impinduka zikomeye muri Guverinoma, aho yahinduye ba Minisitiri batatu mu gihe igihugu kiri mu bihe bikomeye bya politiki n’imyiteguro y’amatora ateganyijwe mu mwaka …

Ndayishimiye impinduka zikomeye muri Guverinoma mu gihe urupfu rwa Bugaga rukomeje guteza impaka Read More

Amerika yateye utwatsi umugambi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubuyobozi buhita bwisubira ku byatangajwe

Leta Zunze Ubumwe za Amerika yamaganye byimazeyo amakuru yavugaga ko izagira uruhare mu gutera inkunga umutwe mushya wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) uzashinzwe kurinda ibirombe by’amabuye y’agaciro, ibintu …

Amerika yateye utwatsi umugambi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ubuyobozi buhita bwisubira ku byatangajwe Read More

Pasiteri wafashaga abashakanye gukomeza ingo yatawe muri yombi afungiwe gushurashura

Inkuru ya Pasiteri Leslie Williams wari uzwi cyane mu kwigisha abashakanye gukomeza ingo zabo yafashe indi ntera itunguranye nyuma yo gutabwa muri yombi akekwaho icyaha cy’ubusambanyi, ibintu byahungabanyije benshi bamufataga …

Pasiteri wafashaga abashakanye gukomeza ingo yatawe muri yombi afungiwe gushurashura Read More

RDC: Abasirikare batatu ba FARDC bishwe inkambi yabo ya gisirikare iratwikwa

Imirwano ikaze, ubwicanyi n’ubusahuzi bikomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho abaturage n’abasirikare bakomeje kugerwaho n’ingaruka z’umutekano muke ugenda urushaho kuzamba umunsi ku wundi. …

RDC: Abasirikare batatu ba FARDC bishwe inkambi yabo ya gisirikare iratwikwa Read More

Ntibisanzwe! Umugabo yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki

Inkuru itangaje kandi yuzuyemo agahinda n’ukutamenya amategeko yabereye mu gihugu cy’u Buhinde, aho umugabo w’imyaka 50 yafashe icyemezo gikomeye cyo gutaburura umurambo wa mushiki we awujyana kuri banki, agamije kugaragaza …

Ntibisanzwe! Umugabo yataburuye umurambo wa mushiki we ajya kuwusabisha amafaranga muri banki Read More