Hahinduwe izina ry’umuhanda wari umaze imyaka 19 witiriwe Perezida Paul Kagame
Guverinoma ya Malawi yatangaje ko yahinduye izina ry’umuhanda wari umaze imyaka 19 witiriwe Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, uherereye mu murwa mukuru w’iki gihugu, Lilongwe. Uwo muhanda wari …
Hahinduwe izina ry’umuhanda wari umaze imyaka 19 witiriwe Perezida Paul Kagame Read More