FC Barcelona igiye gusinyisha Rodri mbere y’uko Real Madrid imwegukana kubera amakuru yageze muri Manchester City?

Ikipe ya FC Barcelona yongeye kuvugwa cyane ku isoko ry’igura n’igurisha nyuma y’amakuru agaragaza ko ishobora gukomeza urugamba rukomeye rwo gusinyisha Rodri wa Manchester City mbere y’uko iri soko rifungwa. …

FC Barcelona igiye gusinyisha Rodri mbere y’uko Real Madrid imwegukana kubera amakuru yageze muri Manchester City? Read More

Arsenal yiteguye guha Vinicius Jr umushahara utarigeze uhabwa undi mukinnyi, Liverpool ikomeje guhatana kuri Barcola.

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gutanga inkuru zikomeye, aho amakipe akomeye i Burayi ari gukoresha imbaraga zidasanzwe ashaka kongera imbaraga mbere y’uko shampiyona zitangira. Inkuru iri kuvugisha benshi ni iy’uko …

Arsenal yiteguye guha Vinicius Jr umushahara utarigeze uhabwa undi mukinnyi, Liverpool ikomeje guhatana kuri Barcola. Read More

Arsenal yakaniye kuri Vinícius Jr nyuma yuko Perez avuze akayabo amwifuzamo, ibya Yan Diomande muri Real Madrid na Manu Koné muri Man Utd

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gushyuha uko amatariki yo kurisoza yegereza, aho amakipe akomeye i Burayi akomeje guhatanira abakinnyi bashobora guhindura isura y’amakipe yabo mbere y’uko umwaka w’imikino utangira. Kimwe …

Arsenal yakaniye kuri Vinícius Jr nyuma yuko Perez avuze akayabo amwifuzamo, ibya Yan Diomande muri Real Madrid na Manu Koné muri Man Utd Read More

U Rwanda rwasinye amasezerano n’indi kipe yo muri Premier League: Visit Rwanda igiye kugaragara imbere ku mwambaro wa yo

U Rwanda rwongeye gutera indi ntambwe ikomeye mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko gahunda ya Visit Rwanda isinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro …

U Rwanda rwasinye amasezerano n’indi kipe yo muri Premier League: Visit Rwanda igiye kugaragara imbere ku mwambaro wa yo Read More