Fabrizio Romano yaciye amarenga yo gusezera ku mwuga wo gutangaza amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi

Fabrizio Romano, umwe mu banyamakuru bazwi cyane ku isi mu gutangaza amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, yateje impaka nyuma yo gutangaza ko ashobora kudazakomeza gukora uyu mwuga mu buryo asanzwe …

Fabrizio Romano yaciye amarenga yo gusezera ku mwuga wo gutangaza amakuru y’isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi Read More

Manchester United: Ahazaza ha Marcus Rashford mu gihe Liverpool na Chelsea zitegura guhatana nayo ku mukinnyi witwaye neza mu gikombe cy’Isi

Manchester United iracyafite akazi gakomeye ko gukora ku isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi, nubwo yamaze gukoresha arenga miliyoni 80 z’amapawundi mu gushaka abakinnyi bashya. Icyerekezo cya Marcus Rashford na cyo kiracyari …

Manchester United: Ahazaza ha Marcus Rashford mu gihe Liverpool na Chelsea zitegura guhatana nayo ku mukinnyi witwaye neza mu gikombe cy’Isi Read More

Liverpool yinjiranye imbaraga zidasanzwe mu rugamba rwo gusinyisha umukinnyi wifuzwa cyane na Arsenal.

Liverpool iri gusuzuma uburyo yakwihutisha ibiganiro byo gushaka myugariro w’inararibonye Ezri Konsa, mu gihe ikibazo cy’imvune n’ubuke bw’abakinnyi bugaragara mu bwugarizi gikomeje guteza impungenge mbere y’uko shampiyona ya Premier League …

Liverpool yinjiranye imbaraga zidasanzwe mu rugamba rwo gusinyisha umukinnyi wifuzwa cyane na Arsenal. Read More

Chelsea yakomoje ku giciro kiremereye cya Pedro Neto ukomeje kwifuzwa cyane n’amakipe akomeye nka Manchester City na Liverpool

Chelsea ntabwo ifite gahunda yo kugurisha Pedro Neto ku giciro cyo hasi nubwo inyungu yamubonaho iramutse imugurishije ikomeje kwiyongera nyuma yuko amakipe akomeye yo mu Bwongereza akomeje kumwifuza. Ubuyobozi bw’iyi …

Chelsea yakomoje ku giciro kiremereye cya Pedro Neto ukomeje kwifuzwa cyane n’amakipe akomeye nka Manchester City na Liverpool Read More

Arsenal yiteguye guha Vinicius Jr umushahara utarigeze uhabwa undi mukinnyi, Liverpool ikomeje guhatana kuri Barcola.

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gutanga inkuru zikomeye, aho amakipe akomeye i Burayi ari gukoresha imbaraga zidasanzwe ashaka kongera imbaraga mbere y’uko shampiyona zitangira. Inkuru iri kuvugisha benshi ni iy’uko …

Arsenal yiteguye guha Vinicius Jr umushahara utarigeze uhabwa undi mukinnyi, Liverpool ikomeje guhatana kuri Barcola. Read More

Arsenal yakaniye kuri Vinícius Jr nyuma yuko Perez avuze akayabo amwifuzamo, ibya Yan Diomande muri Real Madrid na Manu Koné muri Man Utd

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gushyuha uko amatariki yo kurisoza yegereza, aho amakipe akomeye i Burayi akomeje guhatanira abakinnyi bashobora guhindura isura y’amakipe yabo mbere y’uko umwaka w’imikino utangira. Kimwe …

Arsenal yakaniye kuri Vinícius Jr nyuma yuko Perez avuze akayabo amwifuzamo, ibya Yan Diomande muri Real Madrid na Manu Koné muri Man Utd Read More