Nyuma yo kubura Vinicius Jr, Arsenal isanze Manchester United mu rugamba rwo gusinyisha rutahizamu udasanzwe I Burayi?

Isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rikomeje gufata indi ntera, aho Arsenal isa n’iyongereye amahirwe yo gusinyisha rutahizamu wa Inter Milan, Pio Esposito, nyuma y’uko gahunda yayo yo kuzana Vinicius Junior iburijwemo …

Nyuma yo kubura Vinicius Jr, Arsenal isanze Manchester United mu rugamba rwo gusinyisha rutahizamu udasanzwe I Burayi? Read More

Arsenal na Manchester United zongeye guhangana ku isoko ry’abakinnyi: Rutahizamu udasanzwe yisanze mu mayira abiri

Ollie Watkins ari mu bakinnyi bashobora kuvugisha benshi ku isoko ry’igura n’igurisha ry’iyi mpeshyi, nyuma y’uko Aston Villa yanze kuganira ku busabe bwa Fenerbahce yifuzaga kumwegukana. Nubwo iyi kipe yo …

Arsenal na Manchester United zongeye guhangana ku isoko ry’abakinnyi: Rutahizamu udasanzwe yisanze mu mayira abiri Read More

U Rwanda rwasinye amasezerano n’indi kipe yo muri Premier League: Visit Rwanda igiye kugaragara imbere ku mwambaro wa yo

U Rwanda rwongeye gutera indi ntambwe ikomeye mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo ku rwego mpuzamahanga nyuma y’uko gahunda ya Visit Rwanda isinyanye amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya Aston Villa yo mu Cyiciro …

U Rwanda rwasinye amasezerano n’indi kipe yo muri Premier League: Visit Rwanda igiye kugaragara imbere ku mwambaro wa yo Read More

Harry Kane yavuze ku mukino yakinnye na Donald Trump, anavuga uko David Beckham akomeje gushyigikira u Bwongereza

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, Harry Kane, yagarutse ku bunararibonye avuga ko butazigera bumwibagirana nyuma yo gukina umukino wa golf na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. …

Harry Kane yavuze ku mukino yakinnye na Donald Trump, anavuga uko David Beckham akomeje gushyigikira u Bwongereza Read More