Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Ndayishimiye utegerejwe kwa Capitaine Traoré

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ategerejwe mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou, mu ruzinduko rw’akazi ruri kuvugisha benshi ku mugabane wa Afurika, cyane cyane mu gihe akarere ka Sahel …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rudasanzwe rwa Perezida Ndayishimiye utegerejwe kwa Capitaine Traoré Read More

Ingabo za FARDC n’abambari ba zo basutse ibisasu karundura ku barwanyi ba M23 na Twirwaneho

Ibice byinshi byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano, nyuma y’uko ingabo za Leta n’abafatanyabikorwa ba zo bakomeje kugaba ibitero bikomeye mu duce …

Ingabo za FARDC n’abambari ba zo basutse ibisasu karundura ku barwanyi ba M23 na Twirwaneho Read More

Hamenyekanye icyakomye mu nkokora umugambi w’Akazu wo kwisubiza ubutegetsi bw’u Rwanda

Nyuma yo guhagarikwa kwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n’ingabo za RPA, abahoze mu butegetsi bwa Habyarimana Juvénal bahisemo kwishyira hamwe mu mahanga bagamije gushaka uko basubira ku butegetsi bw’u …

Hamenyekanye icyakomye mu nkokora umugambi w’Akazu wo kwisubiza ubutegetsi bw’u Rwanda Read More

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi

Ibimenyetso bikomeje kujya ahagaragara ku rupfu rwa Gabby Bugaga wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, birushaho gukomeza impaka n’urujijo mu baturage, mu gihe hari abemeza ko ashobora kuba yarishwe …

Hatangiye kugaragara ibimenyetso bishya by’uko Minisitiri Bugaga yishwe na Guverinoma y’u Burundi Read More

RDC: Ingabo za FARDC, Iz’u Burundi zari zigiye gusahura imyaka n’amatungo zahuye n’uruva gusenya.

Mu misozi miremire ya Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umutekano ukomeje kuzamba umunsi ku wundi. Ibikorwa by’ingabo za Leta bifatanyije n’ingabo …

RDC: Ingabo za FARDC, Iz’u Burundi zari zigiye gusahura imyaka n’amatungo zahuye n’uruva gusenya. Read More

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz, itanga inzira ku bucuruzi mpuzamahanga nyuma y’ibyo yakorewe na Israel

Agahenge kamaze kwemerwa hagati ya Israel na Liban katangiye gutanga icyizere ku mutekano w’ubucuruzi mpuzamahanga, cyane cyane mu bijyanye n’ikorwa ry’ingendo z’ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz, umwe mu mihora …

Iran yemeye gufungura umuhora wa Hormuz, itanga inzira ku bucuruzi mpuzamahanga nyuma y’ibyo yakorewe na Israel Read More

Hamenyekanye izindi mpamvu ziremereye ziri gutuma ibiciro bya lisansi bizamuka mu Rwanda

Izamuka rikabije ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli rikomeje guteza impungenge mu Rwanda, aho imibare igaragaza ko kuva tariki ya Kane Werurwe kugeza ku ya 17 Mata, lisansi yazamutse ku kigero cya …

Hamenyekanye izindi mpamvu ziremereye ziri gutuma ibiciro bya lisansi bizamuka mu Rwanda Read More

Ingabo z’u Burundi zarashe urufaya rw’amasasu mu Rwanda zica Abanyarwanda 2 zinakomeretsa abandi 3 barimo n’umugore.

Amahoro n’umutekano bikomeje gutungurana mu bice bimwe by’imipaka y’u Rwanda n’u Burundi nyuma y’aho abarobyi babiri b’Abanyarwanda barasiwe mu kiyaga cya Cyohoha, igikorwa cyateje impungenge mu baturage ndetse no mu …

Ingabo z’u Burundi zarashe urufaya rw’amasasu mu Rwanda zica Abanyarwanda 2 zinakomeretsa abandi 3 barimo n’umugore. Read More

FDLR yadukanye amayeri adasanzwe yo kuyobya Abanyarwanda: Uko yashutse bamwe bagurisha imitungo yabo barakena.

Amakuru akomeje guturuka mu Karere ka Rubavu no ku mupaka uhuza u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aragaragaza isura nyakuri y’uburyo umutwe wa FDLR wakoresheje amayeri yo kuyobya …

FDLR yadukanye amayeri adasanzwe yo kuyobya Abanyarwanda: Uko yashutse bamwe bagurisha imitungo yabo barakena. Read More