Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rw’ibanga rwa Jean-Luc Habyarimana wasubiye kwa Ndayishimiye ajyanye n’Intasi nkuru ya FARDC

Amakuru amaze iminsi acicikana mu banyamakuru, abasesenguzi ba politiki ndetse no ku mbuga nkoranyambaga aravuga ku rugendo rwihariye rwa Jean-Luc Habyarimana, umuhungu Juvénal Habyarimana wari Perezida wa Repubulika y’u Rwanda …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’uruzinduko rw’ibanga rwa Jean-Luc Habyarimana wasubiye kwa Ndayishimiye ajyanye n’Intasi nkuru ya FARDC Read More

U Rwanda rwinjiye mu bufatanye n’u Burusiya: Ni ibiki bikubiye mu masezerano mashya byasinyanye?

U Rwanda rwatangiye icyiciro gishya cy’ubufatanye mpuzamahanga mu rwego rw’ikoranabuhanga rya nuclear, nyuma yo gushyira umukono ku masezerano mashya n’u Burusiya agamije guteza imbere ubushakashatsi, ubuvuzi n’iterambere ry’ikoranabuhanga rigezweho. Aya …

U Rwanda rwinjiye mu bufatanye n’u Burusiya: Ni ibiki bikubiye mu masezerano mashya byasinyanye? Read More

Minisitiri Nduhungirehe yasabye isi gushyigikira Mushikiwabo, asaba ko RDC ishyirwaho igitutu, anakomoza ku ngabo z’u Rwanda muri Cabo Delgado

U Rwanda rwongeye kugaragaza icyerekezo cyarwo mu bya dipolomasi n’umutekano w’akarere, rushimangira ko rushyigikiye ubufatanye mpuzamahanga bushingiye ku musaruro, amahoro arambye ndetse no gukomeza guteza imbere inyungu rusange z’ibihugu bihuriye …

Minisitiri Nduhungirehe yasabye isi gushyigikira Mushikiwabo, asaba ko RDC ishyirwaho igitutu, anakomoza ku ngabo z’u Rwanda muri Cabo Delgado Read More

RDC: Hatanzwe umuburo ukomeye ku bitero bya gisirikare byagutse biri gutegurwa kugabwa muri Uvira, Minembwe, Fizi na Itobwe

Impungenge z’umutekano zongeye gukaza umurego mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo nyuma y’aho umutwe wa MRDP-Twirwaneho utangarije ko wakiriye amakuru yerekana ko hari imyiteguro y’ibikorwa bya gisirikare bishobora kugabwa mu …

RDC: Hatanzwe umuburo ukomeye ku bitero bya gisirikare byagutse biri gutegurwa kugabwa muri Uvira, Minembwe, Fizi na Itobwe Read More

AFC/M23 yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bwa Kaminuza ya Goma: Umuyobozi mushya wa UNIGOM yashyizweho

Impinduka nshya mu buyobozi bwa Kaminuza ya Goma (UNIGOM) zongeye gukurura ibitekerezo bya benshi nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 ritangaje ishyirwaho rya Prof. Jean Baptiste Kakoma Sakatolo Zambeze ku mwanya w’Umuyobozi …

AFC/M23 yakoze impinduka zikomeye mu buyobozi bwa Kaminuza ya Goma: Umuyobozi mushya wa UNIGOM yashyizweho Read More

Uganda: Perezida Museveni yatunguye benshi akora impinduka zikomeye muri Guverinoma amaze iminsi 4 ashyizeho.

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye gutungura abanyapolitiki n’abasesenguzi nyuma yo gukora impinduka nshya muri Guverinoma yari amaze igihe gito cyane ashyizeho. Izi mpinduka zabaye nyuma y’iminsi ine gusa …

Uganda: Perezida Museveni yatunguye benshi akora impinduka zikomeye muri Guverinoma amaze iminsi 4 ashyizeho. Read More

Ibendera ry’Igihugu ryari ryibwe ku biro by’Akagari ryabonetse, abaturage 9 batabwa muri yombi bari gukorwaho iperereza

Ibendera ry’Igihugu ryari rimaze iminsi ribuze ku biro by’Akagari ka Muyira mu Murenge wa Manihira mu Karere ka Rutsiro, ryabonetse rirambuye mu ishyamba hafi y’umugezi wa Rutsiro, nyuma y’iminsi abaturage …

Ibendera ry’Igihugu ryari ryibwe ku biro by’Akagari ryabonetse, abaturage 9 batabwa muri yombi bari gukorwaho iperereza Read More

Abana b’Impanga ba Col. Vianney Kazarama barekuwe nyuma y’igihe bafunzwe n’intasi nkuru ya AFC/M23

Amakuru amaze iminsi acicikana mu bice bigenzurwa na AFC/M23 yemeje ko abana babiri b’impanga ba Col. Vianney Kazarama bamaze kurekurwa nyuma y’igihe bafunzwe bakekwaho “gutunga imbunda no gutanga amakuru i …

Abana b’Impanga ba Col. Vianney Kazarama barekuwe nyuma y’igihe bafunzwe n’intasi nkuru ya AFC/M23 Read More

MIFOTRA yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta nubwo hari impinduka ku ndámunite

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yashyize umucyo ku makuru amaze iminsi avugwa ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro bya bamwe mu bakozi ba Leta bavuga ko habayeho izamuka ry’imishahara, …

MIFOTRA yashyize umucyo ku cyiswe izamuka ry’umushahara w’abakozi ba Leta nubwo hari impinduka ku ndámunite Read More

“Arsenal ni iki?” Perezida Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal mu gihe ubukene burembeje abaturage

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo kunenga bikomeye abayobozi ndetse n’abaturage bo muri Uganda bari mu byishimo byo kwizihiza intsinzi ya Arsenal F.C. muri Shampiyona y’u …

“Arsenal ni iki?” Perezida Museveni yanenze abayobozi bishimira Arsenal mu gihe ubukene burembeje abaturage Read More