Ibyo umujyanama wa Perezida Trump yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye

Ihuriro mpuzamahanga ryabereye i Antalya muri Türkiye ryahuje abakuru b’ibihugu n’abayobozi batandukanye ku Isi, ryabaye n’urubuga rw’ibiganiro bikomeye ku bibazo by’umutekano n’ubukungu mu karere k’ibiyaga bigari. Muri iri huriro, Perezida …

Ibyo umujyanama wa Perezida Trump yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye Read More

Hamenyekanye ibyo Ibyo Ndayishimiye yaganiriye na Traoré wa Burkina Faso wamwakiriye

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, ku wa Mbere yakiriwe ku mugaragaro mu murwa mukuru wa Burkina Faso, Ouagadougou, aho yagiranye ibiganiro bikomeye na Perezida w’inzibacyuho w’icyo gihugu, Ibrahim Traoré. Uru …

Hamenyekanye ibyo Ibyo Ndayishimiye yaganiriye na Traoré wa Burkina Faso wamwakiriye Read More

RDC yafashe icyemezo cyarakaje Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe umubano wari usanzwe warajemo agatotsi

Icyemezo cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyo guhagarika ikoreshwa ry’Amadolari n’andi mafaranga mvamahanga mu kwishyura serivisi zose guhera tariki ya 9 Mata 2027, cyakuruye impaka ndende …

RDC yafashe icyemezo cyarakaje Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gihe umubano wari usanzwe warajemo agatotsi Read More

Ishusho y’izamuka ry’ibiciro ku masoko y’i Kigali: Imbuto, ibirayi n’ibikoresho by’ubwubatsi byaratumbagiye.

Ishusho y’ubuzima ku masoko yo mu Mujyi wa Kigali iri guhinduka umunsi ku wundi, aho bamwe mu baturage batangiye kugaragaza impungenge ku izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa by’ingenzi, cyane cyane imbuto, ibirayi …

Ishusho y’izamuka ry’ibiciro ku masoko y’i Kigali: Imbuto, ibirayi n’ibikoresho by’ubwubatsi byaratumbagiye. Read More

Umuhanzikazi Marina yihanije Bad Rama nyuma y’ibyo yamuvuzeho bikazamura impaka ndende

Umuhanzikazi Marina yongeye kugaragaza kutishimira imvugo n’imyitwarire bya Bad Rama, nyuma y’uko uyu mugabo akoresheje imbuga nkoranyambaga amwita “umukobwa we” nubwo batagikorana kuva mu myaka ishize. Ibi byatangiye ubwo Bad …

Umuhanzikazi Marina yihanije Bad Rama nyuma y’ibyo yamuvuzeho bikazamura impaka ndende Read More

Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri kunyura mu bihe bitoroshye yapfushije undi Mupadiri nyuma y’amezi abiri

Agahinda kongeye kwiyongera mu muryango wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda nyuma y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona witabye Imana azize uburwayi. Ni ibintu bibaye mu gihe kitageze ku mezi abiri undi …

Kiliziya Gatolika mu Rwanda iri kunyura mu bihe bitoroshye yapfushije undi Mupadiri nyuma y’amezi abiri Read More

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda myiza yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose mu rwego mpuzamahanga ku kigero cya 98%.

U Rwanda rukomeje kugaragaza intambwe ishimishije mu kubaka no kubungabunga imihanda yujuje ubuziranenge, aho rwashimiwe n’Ubuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru kubera kugera ku kigero cya 98% cy’imihanda yujuje ibisabwa mpuzamahanga. Ibi …

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda myiza yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose mu rwego mpuzamahanga ku kigero cya 98%. Read More

Hagaragajwe uruhare rw’Abarundi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi cyabereye mu Murenge wa Rilima mu Karere ka Bugesera cyongeye kugaragaza ubukana bw’amateka y’icuraburindi, aho abarokotse n’abitabiriye iki gikorwa bagarutse …

Hagaragajwe uruhare rw’Abarundi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Read More