Umwarimu utararangije kwiga kaminuza ntazongera kwigisha mu mashuri abanza: Impinduka nshya mu burezi bw’u Rwanda.

Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’ibanze, REB, rwatangaje ko ruri mu nzira zo kuvugurura uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi no guhangana n’ibibazo byari bimaze igihe …

Umwarimu utararangije kwiga kaminuza ntazongera kwigisha mu mashuri abanza: Impinduka nshya mu burezi bw’u Rwanda. Read More

Hatangiye kugaragara amanyanga ateye inkeke ku bigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo

Inkuru nshya y’iperereza igaragaza urujijo n’impaka zikomeje kwiyongera ku ruhare rw’ibigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho hari ibimenyetso by’uko hari amakuru ashobora kuba …

Hatangiye kugaragara amanyanga ateye inkeke ku bigo by’Abanyamerika mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro ya Congo Read More

U Burundi bwahawe drone 5,000 zo kwifashisha mu gutera u Rwanda mu gihe ibikorwa bya gisirikare na byo bikomeje kugaragara hafi y’imipaka.

Amakuru atandukanye akomeje gucicikana mu karere k’Ibiyaga Bigari aragaragaza ko umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamo igitutu, aho ibihugu bimwe bivugwaho kwinjira mu migambi igamije guhindura ubutegetsi mu Rwanda, mu …

U Burundi bwahawe drone 5,000 zo kwifashisha mu gutera u Rwanda mu gihe ibikorwa bya gisirikare na byo bikomeje kugaragara hafi y’imipaka. Read More

Abanya-Afghanistan bafashije Amerika mu ntambara bagiye koherezwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump buri mu biganiro bikomeye bishobora guhindura ubuzima bw’Abanya-Afghanistan barenga 1,100 bafashije Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu ntambara yo muri Afghanistan, aho bashobora koherezwa muri …

Abanya-Afghanistan bafashije Amerika mu ntambara bagiye koherezwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

RIB yakomoje ku guta muri yombi Sibomana Athanase wahoze ari umunyamakuru wa Radio Rwanda

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rukomeje gukurikiranira hafi imvugo n’ibikorwa byose bishobora kuba bifitanye isano n’icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside, by’umwihariko nyuma y’amagambo amaze iminsi avugwa na Sibomana Athanase wahoze …

RIB yakomoje ku guta muri yombi Sibomana Athanase wahoze ari umunyamakuru wa Radio Rwanda Read More

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwahuye n’uruva gusenya mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda

Urubanza ruregwamo Lt Gen Philémon Yav Irung rukomeje kuba kimwe mu byateye impaka zikomeye mu nzego z’ubutabera bwa gisirikare muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko ku wa 21 …

Kinshasa: Ubushinjacyaha bwahuye n’uruva gusenya mu rubanza rwa Lt Gen Yav bushinja gukorana n’u Rwanda Read More

Umwicanyi ruharwa wakatiwe urwo gupfa kubera Jenoside ubu ahabwa pansiyo muri gereza: Ubuhamya bwa Rwahama Anaclet

Rwahama Anaclet, umwe mu bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi akatirwa igihano cy’urupfu, ubu ni umwe mu bafungiye mu Igororero bavuga inkuru y’ubuzima bwahindutse, aho kuva ku rwego rwo kuba …

Umwicanyi ruharwa wakatiwe urwo gupfa kubera Jenoside ubu ahabwa pansiyo muri gereza: Ubuhamya bwa Rwahama Anaclet Read More

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse

Agahinda gakomeye n’amarira byongeye gutwikira umujyi wa Goma nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rw’umwana Mutiya Mwisha Jérémie, wapfuye agonzwe n’imodoka zari muri convoy y’ingabo za M23 ku wa Mbere tariki ya …

Goma: Umurambo w’umwana wagonzwe na Convoy y’abasirikare ba AFC/M23 wabonetse Read More

RDC mu gihirahiro cy’amasezerano na Amerika: Kinshasa yatewe utwatsi ku bufasha yari yasabye bwo kwita ku bimukira.

Inkuru y’ibikorwa bishya bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) byo kwakira abimukira birukanywe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje guteza impaka, cyane cyane nyuma y’uko Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe …

RDC mu gihirahiro cy’amasezerano na Amerika: Kinshasa yatewe utwatsi ku bufasha yari yasabye bwo kwita ku bimukira. Read More

Ibyo umujyanama wa Perezida Trump yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye

Ihuriro mpuzamahanga ryabereye i Antalya muri Türkiye ryahuje abakuru b’ibihugu n’abayobozi batandukanye ku Isi, ryabaye n’urubuga rw’ibiganiro bikomeye ku bibazo by’umutekano n’ubukungu mu karere k’ibiyaga bigari. Muri iri huriro, Perezida …

Ibyo umujyanama wa Perezida Trump yaganiriye na Tshisekedi na Ndayishimiye Read More