Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025.

Urukiko Nkemurampaka mu by’Imikino (CAS/TAS) rwatangaje ko rwamaze kwakira ubujurire bwatanzwe na Federasiyo y’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF), bujyanye n’icyemezo cyari cyafashwe n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) cyo kwambura …

Sénégal yajuririye muri CAS icyemezo cya CAF cyo kuyambura igikombe cya AFCON 2025. Read More

RDC: Hakomeje kwibazwa byinshi nyuma yuko AFC/M23 iri kuva mu bice byinshi muri Lubero mu buryo butunguranye

Mu gihe imirwano ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hatangiye kugaragara indi sura nshya itunguranye, nyuma y’uko inyeshyamba za AFC/M23 zivugwaho kuva mu bice byinshi byo muri …

RDC: Hakomeje kwibazwa byinshi nyuma yuko AFC/M23 iri kuva mu bice byinshi muri Lubero mu buryo butunguranye Read More

Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo, ashimangira ko amadini agomba gukorera mu murongo unoze

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yijeje Abayisilamu bo mu Rwanda ko ibibazo byari bimaze igihe kirekire bitarakemuka, birimo umwenda Leta ibafitiye n’ikibazo cy’ubutaka bagenewe, bigiye gukemurwa vuba, ashimangira …

Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo, ashimangira ko amadini agomba gukorera mu murongo unoze Read More

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge

Mu Murenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, abaturage baracyari mu gahinda katewe n’amahano aherutse kuhaba, aho abantu babiri bakekwaho kwica abo bashakanye n’umwana muto baburanishijwe mu ruhame. Ni igikorwa ubuyobozi …

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge Read More

Umugabo yambuye ubuzima mu buryo buteye agahinda, umugore we wamusabye gukoropa inzu

Inkuru y’incamugongo mu umujyi wa Louisville muri Leta ya Kentucky, aho umugabo w’imyaka 57 witwa Patrick Brents akekwaho kwivugana umugore we, Carolyn Ross-Brents, amurashishije imbunda nyuma y’amakimbirane ashingiye ku mirimo …

Umugabo yambuye ubuzima mu buryo buteye agahinda, umugore we wamusabye gukoropa inzu Read More