Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho

Umugabo w’Umurusiya wahimbwe akazina ka “Balthazar” kubera ibikorwa bye, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano mu bihugu bitandukanye bya Afurika nyuma yo gukekwaho gusambanya abagore n’abakobwa benshi, akabafata amashusho y’ubwambure bwabo, hanyuma …

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho Read More

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo

Umunsi w’ubukwe wari utegerejwe n’ibyishimo n’amasezerano y’urukundo, wahindutse umunsi w’amakenga ku bageni bashya bo mu Karere ka Kamonyi, ubwo bageze i Kigali bakabura aho kurara. Abaturage bo mu Murenge wa …

Kigali: Abageni bashya baraye ku biro by’Akagari nyuma yo kubura aho kurara ku munsi w’ubukwe bwabo Read More

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe

Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru itangaje, nyuma y’uko umukobwa w’imyaka 18 akurikiranyweho gukomeretsa umusore w’imyaka 25 akoresheje urwembe, amuziza ko yamwimye urukundo. Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabeza, Akagari …

Rusizi: Umukobwa w’imyaka 18 afunzwe akekwaho gukomeretsa umusore wamwimye urukundo amukebesheje urwembe Read More

Ingingo Bruce Melodie yibagiwe kuvuga ubwo yasobanuriraga Perezida Kagame ikibazo cyo kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga ku Banyarwanda

Mu myaka yashize, urubyiruko rw’u Rwanda rwinjiye cyane mu mbuga nkoranyambaga, cyane cyane YouTube, aho benshi bifashisha uburyo bwa monetization kugirango binjize amafaranga aturutse ku matangazo y’abikorera ku isi hose. …

Ingingo Bruce Melodie yibagiwe kuvuga ubwo yasobanuriraga Perezida Kagame ikibazo cyo kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga ku Banyarwanda Read More

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame

Mu gihe imyidagaduro nyarwanda ikomeje kwiyubaka no kwigaragaza nk’urwego rufite uruhare rugaragara mu mibereho y’igihugu, inkuru z’urukundo rw’ibyamamare n’ibitekerezo bigamije iterambere ry’ubuhanzi bikomeje gufata umwanya munini mu bitangazamakuru no ku …

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame Read More