Umukobwa yakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamufashije kwiga

Inkuru itangaje y’umukobwa wakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’uwamufashije kwiga Inkuru ikomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Rukungiri muri Uganda, iravuga ku mukobwa witwa Fortunate Kyarikunda yakatiwe igifungo cy’imyaka …

Umukobwa yakatiwe imyaka 6 azira kwanga gushyingiranwa n’umugabo wamufashije kwiga Read More

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura

Ijoro ry’akajagari n’ubwoba ryabaye i Bujumbura ku wa 31 Werurwe 2026 rikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye, nyuma y’uko abagororwa bo muri gereza nkuru ya Mpimba batangiye gutabaza bavuga ko ibisasu byabaguyemo …

Impuruza muri gereza ya Mpimba: Abagororwa bavuga ko ibisasu byabaguyemo, bamwe bahasiga ubuzima mu rusaku rw’amasasu i Bujumbura Read More

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement

Inkuru y’ifatwa rya Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement ku mbuga nkoranyambaga yakomeje kuvugisha benshi, ikomatanya ibijyanye n’ikoreshwa ry’ubutaka, kubahiriza amategeko ndetse n’uruhare rw’imbuga nkoranyambaga mu kugaragaza ibibazo by’abaturage. Byatangiye …

Yafashwe nyuma y’inkuru yakoze: RIB yataye muri yombi umunyamakuru DC Clement Read More

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52

Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Les Léopards, yongeye kwandika amateka akomeye mu mupira w’amaguru nyuma yo kubona itike yo kuzakina Igikombe cy’Isi cya 2026, ibintu bitari byarongeye …

RDC yongeye kwandika amateka. Nyuma y’umukino w’ishyiraniro yagarutse mu gikombe cy’Isi nyuma y’imyaka 52 Read More

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR.

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza impungenge ku buryo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kuvuga …

U Rwanda rwasubije RDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba FDLR. Read More

Perezida Ndayishimiye yagize icyo avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye yagize icyo avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yihanganishije abaturage bagizweho ingaruka n’inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare giherereye mu gace ka Musaga …

Perezida Ndayishimiye yagize icyo avuga ku bisasu byaturikiye i Bujumbura Read More

Bujumbura mu kajagari: Urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwakurikiwe n’ubusahuzi.

Umujyi wa Bujumbura winjiye mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo ubwoba n’akajagari, nyuma y’iturika rikomeye ryabereye mu kigo cya gisirikare cya Musaga, rikurikirwa n’ubusahuzi bwibasiye amazu y’abaturage bahunze. Uru rusaku rw’ibiturika n’amasasu …

Bujumbura mu kajagari: Urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje rwakurikiwe n’ubusahuzi. Read More

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Kavutse Olivier, yatangaje ko agiye gufungura ahantu hihariye ho kwidagadurira hakomatanyije n’akazi mu Mujyi wa Kigali, aho hazajya hacurangirwa umuziki wa ‘Gospel’ mu …

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali Read More

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’inyubako z’ishuri zagaragaye zisenywa zituzuye zigeze mu madirishya. Video

Impaka zikomeje kuvugisha benshi mu baturage nyuma y’aho mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, hagaragaye inyubako zisanzwe zigeze ku rwego rwo gushyirwamo amadirishya zisennwe n’ubuyobozi, mu gihe abazubakaga bavuga …

Umujyi wa Kigali wasobanuye iby’inyubako z’ishuri zagaragaye zisenywa zituzuye zigeze mu madirishya. Video Read More

Bujumbura: Haravugwa urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje, abaturage batangiye guhunga

Urusaku rukomeye rw’ibiturika n’amasasu rwakangaranyije abaturage bo mu mujyi wa Bujumbura kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 31 Werurwe 2026, mu gihe ahagana mu majyepfo y’uyu mujyi, cyane cyane muri …

Bujumbura: Haravugwa urusaku rw’intwaro ziremereye n’izoroheje, abaturage batangiye guhunga Read More