Harushimana wagaragaye atwaye isanduku ye n’umusaraba uriho izina rye asaba ko “bamuzura” yatawe muri yombi azira iyicwa ry’Ababikira

Inkuru y’umugabo witwa Guillaume Harushimana yongeye kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru mpuzamahanga nyuma y’uko afatiwe mu mujyi wa Parma mu Butaliyani, akekwaho kugira uruhare rukomeye mu iyicwa ry’ababikira batatu b’Abataliyani bishwe …

Harushimana wagaragaye atwaye isanduku ye n’umusaraba uriho izina rye asaba ko “bamuzura” yatawe muri yombi azira iyicwa ry’Ababikira Read More

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ryatangiye gukinwa, ariko ntiryarangira neza. Etape ya mbere yaturutse mu Karere ka Gicumbi yerekeza mu Karere …

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije Read More

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yateje agahinda n’impaka nyinshi mu baturage, nyuma y’uko umugore w’imyaka 24 witwa Uwase yiyahuye ku munsi wahariwe abakundana, uzwi nka Saint Valentin, nyuma yo …

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye Read More

CAF iri gutegura impinduka zikomeye cyane zizatuma u Rwanda n’u Burundi byitabira Igikombe cya Afurika

Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, Dr. Patrice Motsepe, yatangaje ko hari gahunda yo kongera umubare w’amakipe yitabira Igikombe cya Afurika (AFCON), akava kuri 24 akagera kuri 28, mu …

CAF iri gutegura impinduka zikomeye cyane zizatuma u Rwanda n’u Burundi byitabira Igikombe cya Afurika Read More