Inama mpuzamahanga yok u rwego rw’Isi yagombaga kubera i Kigali yasubitswe mu buryo butunguranye.

Hashize amezi menshi u Rwanda rwitegura kwakira imwe mu nama zikomeye ku rwego mpuzamahanga mu rwego rw’ikoranabuhanga n’itumanaho, ariko gahunda yari iteganyijwe muri Kamena 2026 yahindutse mu buryo butunguranye nyuma …

Inama mpuzamahanga yok u rwego rw’Isi yagombaga kubera i Kigali yasubitswe mu buryo butunguranye. Read More

Yamumenye mbere? François Mitterrand yasize ahishuye uwahanuye indege yari itwaye inshuti ye y’akadasohoka Juvenal Habyarimana.

Ibimenyetso byinshi byagiye bishyirwa ahagaragara mu myaka irenga 30 ishize bikomeje kugaragaza ko urupfu rwa Perezida Juvénal Habyarimana rushobora kuba rwarateguwe n’abari mu nkoramutima z’ubutegetsi bwe, aho kuba abo bahanganye …

Yamumenye mbere? François Mitterrand yasize ahishuye uwahanuye indege yari itwaye inshuti ye y’akadasohoka Juvenal Habyarimana. Read More

Kigali igiye guhindura isura burundu: Utujagari twa Mont Jali, Mont Kigali na Rebero tukigaragara mu mujyi tugiye gusibangana

Umujyi wa Kigali ukomeje urugendo rwo kwiyubaka no guhindura isura yawo, aho ibice byari bisanzwe bizwiho imiturire itanoze n’utujagari biri kugenda bishyirwa mu murongo wa gahunda z’iterambere rirambye. Mu duce …

Kigali igiye guhindura isura burundu: Utujagari twa Mont Jali, Mont Kigali na Rebero tukigaragara mu mujyi tugiye gusibangana Read More

AFC/M23 igiye gutangaza leta yigenga? Tshisekedi ari ku gitutu gikomeye mu gihe ubuzima i Kinshasa bwahagaze burundu

Ibibazo bya politiki n’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikomeje gufata indi ntera, mu gihe ihuriro AFC/M23 rikomeje gushimangira ubuyobozi bwaryo mu bice byinshi byo mu Burasirazuba bw’igihugu, naho …

AFC/M23 igiye gutangaza leta yigenga? Tshisekedi ari ku gitutu gikomeye mu gihe ubuzima i Kinshasa bwahagaze burundu Read More

Amerika yahannye intasi nkuru za AFC/M23 n’umuyobozi w’umutwe udasanzwe wa FDLR mu bihano bishya byongereye igitutu

Amerika yongeye kugaragaza ko yiyemeje kugira uruhare mu gushaka igisubizo kirambye ku bibazo by’umutekano bimaze imyaka myinshi mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ifatira ibihano abayobozi babiri bakomeye …

Amerika yahannye intasi nkuru za AFC/M23 n’umuyobozi w’umutwe udasanzwe wa FDLR mu bihano bishya byongereye igitutu Read More

Mozambique yasubije u Rwanda rwari rwatagaje ko yemeye kwishyurira inkunga y’ingabo za RDF ziri muri Cabo Delgado nyuma y’amananiza ya EU

Mozambique yafashe icyemezo gikomeye cyo gukomeza gutera inkunga ubutumwa bw’Ingabo z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado, nyuma y’aho Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) utangiye gukoresha inkunga watangaga nk’igikoresho …

Mozambique yasubije u Rwanda rwari rwatagaje ko yemeye kwishyurira inkunga y’ingabo za RDF ziri muri Cabo Delgado nyuma y’amananiza ya EU Read More