Dr. Nsanzimana yasobanuye impamvu u Rwanda rwibanze ku nzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko ingamba zikomeye u Rwanda rwafashe mu gukumira inzoga zitujuje ubuziranenge zishingiye ku kuba inzoga zari zimaze kuba ikibazo gikomeye ku buzima, imibereho n’iterambere …

Dr. Nsanzimana yasobanuye impamvu u Rwanda rwibanze ku nzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi Read More

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubukangurambaga ku nzoga zitemewe bwarangiye, iteguza ibihano bikarishye ku muntu wese uzazifatanwa.

Abantu bagifite inzoga zitemewe cyangwa zitujuje ubuziranenge bagomba kuzishyikiriza inzego zibishinzwe, kuko Polisi y’u Rwanda yatangaje ko igihe cyo gukangurira abaturage kuzireka cyarangiye, hakaba hatangiye gushyirwa imbere kubahiriza amategeko no …

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ubukangurambaga ku nzoga zitemewe bwarangiye, iteguza ibihano bikarishye ku muntu wese uzazifatanwa. Read More