Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi

Amashusho aherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Nizzo Kaboss, wahoze muri Urban Boys, ari kumwe na Queen Ringo, umukinnyi w’icyamamare mu sinema y’u Rwanda, yateje impaka ku bakunzi b’imyidagaduro ndetse …

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi Read More

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi.

Igihugu cya Nigeria cyibasiwe n’akababaro gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umuhanzi Ifunanya Nwangene, wari ufite imyaka 26, wapfuye azize kurumwa n’inzoka mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama 2026, mu murwa …

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi. Read More

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore

Niyitegeka Gratien uzwi cyane ku izina rya Seburikoko cyangwa Papa Sava, umwe mu bantu bakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ibisobanuro ku mpamvu atihutira gushaka …

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore Read More

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga

Amagambo aherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bayafashe nko gusuzugura abagore, abandi bakayata nk’urwenya rutagomba gufatwa nk’icyemezo …

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga Read More

Igitutu gikomeje kwiyongera ku bantu ba hafi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Mu gihe intambara n’ubwumvikane buke bikomeje kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umuryango wa Corneille Nangaa Yobeluo, umwe mu bayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix …

Igitutu gikomeje kwiyongera ku bantu ba hafi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Read More

Umusore yazamuye imbamutima za benshi nyuma yo guhishura ibya mfura mbi yakorewe n’Umugore yajyanye muri Amerika amukuye mu cyaro.

Ubuzima bwa Lexus Ngugi bwahindutse burundu nyuma y’uko umugore we amusigiye abana akajya mu rukundo n’undi mugabo, nyamara yari yaramufashije kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Uyu musore avuga …

Umusore yazamuye imbamutima za benshi nyuma yo guhishura ibya mfura mbi yakorewe n’Umugore yajyanye muri Amerika amukuye mu cyaro. Read More