Ingingo Bruce Melodie yibagiwe kuvuga ubwo yasobanuriraga Perezida Kagame ikibazo cyo kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga ku Banyarwanda

Mu myaka yashize, urubyiruko rw’u Rwanda rwinjiye cyane mu mbuga nkoranyambaga, cyane cyane YouTube, aho benshi bifashisha uburyo bwa monetization kugirango binjize amafaranga aturutse ku matangazo y’abikorera ku isi hose. …

Ingingo Bruce Melodie yibagiwe kuvuga ubwo yasobanuriraga Perezida Kagame ikibazo cyo kwinjiza amafaranga ku mbuga nkoranyambaga ku Banyarwanda Read More

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame

Mu gihe imyidagaduro nyarwanda ikomeje kwiyubaka no kwigaragaza nk’urwego rufite uruhare rugaragara mu mibereho y’igihugu, inkuru z’urukundo rw’ibyamamare n’ibitekerezo bigamije iterambere ry’ubuhanzi bikomeje gufata umwanya munini mu bitangazamakuru no ku …

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame Read More

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi

Amashusho aherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Nizzo Kaboss, wahoze muri Urban Boys, ari kumwe na Queen Ringo, umukinnyi w’icyamamare mu sinema y’u Rwanda, yateje impaka ku bakunzi b’imyidagaduro ndetse …

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi Read More

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi.

Igihugu cya Nigeria cyibasiwe n’akababaro gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umuhanzi Ifunanya Nwangene, wari ufite imyaka 26, wapfuye azize kurumwa n’inzoka mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama 2026, mu murwa …

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi. Read More

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore

Niyitegeka Gratien uzwi cyane ku izina rya Seburikoko cyangwa Papa Sava, umwe mu bantu bakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ibisobanuro ku mpamvu atihutira gushaka …

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore Read More

Igitutu gikomeje kwiyongera ku bantu ba hafi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Mu gihe intambara n’ubwumvikane buke bikomeje kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umuryango wa Corneille Nangaa Yobeluo, umwe mu bayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix …

Igitutu gikomeje kwiyongera ku bantu ba hafi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Read More