Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Kavutse Olivier, yatangaje ko agiye gufungura ahantu hihariye ho kwidagadurira hakomatanyije n’akazi mu Mujyi wa Kigali, aho hazajya hacurangirwa umuziki wa ‘Gospel’ mu …

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana agiye gufungura akabyiniro k’Abakirisitu i Kigali Read More

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo

Mutoni Assia wamamaye muri sinema nyarwanda, cyane cyane muri filime Seburikoko, ari mu bagaragaje ko ubuzima bwo kwimukira mu mahanga bushobora gutandukana cyane n’uko benshi babutekereza. Nyuma yo gushaka no …

Mutoni Assia wakunzwe cyane muri filime Seburikoko yagowe cyane n’akazi ko gusukura imirambo Read More

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye

Nyuma y’imyaka myinshi ari umwe mu baririmbyi b’ingenzi muri Korali ya Ambassadors of Christ, Sarah Sanyu yafashe icyemezo gikomeye cyo gutangira urugendo rwe bwite nk’umuhanzi wigenga, anahita atangaza ko ari …

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye Read More

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe

Umuhanzi The Ben yongeye kugaragaza ko afite imishinga ikomeye igamije kuzamura uruganda rw’umuziki nyarwanda, aho yatangaje ko mu minsi iri imbere azashyira hanze album nshya ndetse akanakorana ibitaramo bikomeye n’umuhanzi …

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe Read More

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu.

Mu gihe imvugo n’imikoreshereze y’amagambo bikomeje guhinduka cyane cyane mu rubyiruko, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yongeye kwibutsa urubyiruko akamaro ko gusobanukirwa neza amagambo y’umuco Nyarwanda, …

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu. Read More

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije

Mu gihe ibiganiro ku rukundo n’imibanire bikomeje gufata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, umuhanzi ukunzwe muri Nigeria, Chike, yongeye kubyutsa impaka nyuma yo gutangaza inama idasanzwe yahawe …

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije Read More

Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat warikoroje i Kigali yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito

Nyuma y’igitaramo gikomeye cyabereye i Kigali muri B.K Arena, umuhanzi w’icyamamare ku Isi Doja Cat yakomeje kuvugisha benshi mu Rwanda no ku mbuga nkoranyambaga, aho ibikorwa bye byahuriranye n’impaka zikomeye …

Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat warikoroje i Kigali yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito Read More

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana

U Rwanda ruri mu gahinda nyuma y’itabaruka ry’umuhanzi w’inararibonye Ngombwa Timothée, witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 19 rishyira uwa 20 Werurwe 2026, asize amateka akomeye mu muziki gakondo …

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana Read More