Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore

Niyitegeka Gratien uzwi cyane ku izina rya Seburikoko cyangwa Papa Sava, umwe mu bantu bakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ibisobanuro ku mpamvu atihutira gushaka …

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore Read More

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga

Amagambo aherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bayafashe nko gusuzugura abagore, abandi bakayata nk’urwenya rutagomba gufatwa nk’icyemezo …

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga Read More

Igitutu gikomeje kwiyongera ku bantu ba hafi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Mu gihe intambara n’ubwumvikane buke bikomeje kwiyongera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umuryango wa Corneille Nangaa Yobeluo, umwe mu bayobozi b’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Perezida Félix …

Igitutu gikomeje kwiyongera ku bantu ba hafi b’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Read More

Umugore w’Umushoferi Yahishuye Ikiganiro Cya Nyuma Bagiranye Cyazamuye Imbamutima za Benshi

Umwijima w’akababaro wibasiye imiryango myinshi nyuma y’impanuka ikomeye yabereye ahitwa Kikopey ku muhanda Nakuru–Nairobi, yahitanye abantu umunani ikanasiga abandi bakomeretse bikabije. Iyi mpanuka, yabaye hagati y’imodoka eshatu zirimo ebyiri  harimo …

Umugore w’Umushoferi Yahishuye Ikiganiro Cya Nyuma Bagiranye Cyazamuye Imbamutima za Benshi Read More