Umunyarwandakazi Teta Sandra na Weasel bagiye gukorera ubukwe mu Rwanda nyuma y’urukundo rwvuzweho byinshi

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Weasel Manizo yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko ari gutegura gukora ubukwe n’umukunzi we Sandra Teta, mu muhango utegerejweho guhuza imiryango n’inshuti zabo, ukaba ushobora kubera mu …

Umunyarwandakazi Teta Sandra na Weasel bagiye gukorera ubukwe mu Rwanda nyuma y’urukundo rwvuzweho byinshi Read More

“Tuzamure imyumvire. Urubyiniro si mu rusengero” – Minisitiri Utumatwishima yasubije abanenze imyambarire ya Doja Cat

Mu gihe u Rwanda rukomeje kwakira ibitaramo bikomeye ku rwego mpuzamahanga, igitaramo cy’umuhanzi w’icyamamare ku Isi Doja Cat cyabereye muri BK Arena cyongeye kubyutsa impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga, zishingiye …

“Tuzamure imyumvire. Urubyiniro si mu rusengero” – Minisitiri Utumatwishima yasubije abanenze imyambarire ya Doja Cat Read More

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatunguwe n’inkumi yamusabye kuyisinyira ahatagerwa na bose.

Mu gihe umuziki nyarwanda ukomeje kugenda waguka no kugera ku rwego mpuzamahanga, bamwe mu bahanzi barimo kongera kugaragaza ko bafite abafana babakunda ku buryo budasanzwe. Ni muri urwo rwego inkuru …

Kigali: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane yatunguwe n’inkumi yamusabye kuyisinyira ahatagerwa na bose. Read More

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame

Mu gihe imyidagaduro nyarwanda ikomeje kwiyubaka no kwigaragaza nk’urwego rufite uruhare rugaragara mu mibereho y’igihugu, inkuru z’urukundo rw’ibyamamare n’ibitekerezo bigamije iterambere ry’ubuhanzi bikomeje gufata umwanya munini mu bitangazamakuru no ku …

Ibyo Pamella wa The Ben yagaragaje bikomeje gutitiza imbuga nkoranyambaga nyuma y’ubusabe bwa Bruce Melodie kwa Perezida Kagame Read More

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi

Amashusho aherutse gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Nizzo Kaboss, wahoze muri Urban Boys, ari kumwe na Queen Ringo, umukinnyi w’icyamamare mu sinema y’u Rwanda, yateje impaka ku bakunzi b’imyidagaduro ndetse …

Queen wakundanaga na Captaine Regis mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda n’i Burundi Read More