Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye

Nyuma y’imyaka myinshi ari umwe mu baririmbyi b’ingenzi muri Korali ya Ambassadors of Christ, Sarah Sanyu yafashe icyemezo gikomeye cyo gutangira urugendo rwe bwite nk’umuhanzi wigenga, anahita atangaza ko ari …

Sarah Sanyu atangiye urugendo rushya mu muziki ku giti cye, ateguza album n’igitaramo gikomeye Read More

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe

Umuhanzi The Ben yongeye kugaragaza ko afite imishinga ikomeye igamije kuzamura uruganda rw’umuziki nyarwanda, aho yatangaje ko mu minsi iri imbere azashyira hanze album nshya ndetse akanakorana ibitaramo bikomeye n’umuhanzi …

The Ben atangaje album nshya n’ibitaramo bikomeye, akomoza ku rushako, anagaruka ku mubano we na Bruce Melodie n’impinduka mu buzima bwe Read More

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu.

Mu gihe imvugo n’imikoreshereze y’amagambo bikomeje guhinduka cyane cyane mu rubyiruko, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascene, yongeye kwibutsa urubyiruko akamaro ko gusobanukirwa neza amagambo y’umuco Nyarwanda, …

Dr. Bizimana yakebuye urubyiruko rukoresha nabi ijambo ‘Indangamirwa’ rimaze kwamamara mu mvugo z’ubu. Read More

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije

Mu gihe ibiganiro ku rukundo n’imibanire bikomeje gufata indi ntera ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru, umuhanzi ukunzwe muri Nigeria, Chike, yongeye kubyutsa impaka nyuma yo gutangaza inama idasanzwe yahawe …

Chike yahishuye inama ikakaye yahawe na nyina ku bijyanye no gushaka: urukundo rwonyine ntiruhagije Read More

Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat warikoroje i Kigali yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito

Nyuma y’igitaramo gikomeye cyabereye i Kigali muri B.K Arena, umuhanzi w’icyamamare ku Isi Doja Cat yakomeje kuvugisha benshi mu Rwanda no ku mbuga nkoranyambaga, aho ibikorwa bye byahuriranye n’impaka zikomeye …

Ni nyina wamushutse– Se wa Doja Cat warikoroje i Kigali yahakanye ibyo kumubera umubyeyi gito Read More

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana

U Rwanda ruri mu gahinda nyuma y’itabaruka ry’umuhanzi w’inararibonye Ngombwa Timothée, witabye Imana mu ijoro ryo ku wa 19 rishyira uwa 20 Werurwe 2026, asize amateka akomeye mu muziki gakondo …

Asize asohoye indirimbo zisaga 100: Umuhanzi uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda yitabye Imana Read More

Umunyarwenya Babu Joe yahishuye uko yapfuye abona Jay Polly na Yvan Bravan mbere yo kuzuka

Mu gihe imyidagaduro mu Rwanda ikomeje kwaguka, hari inkuru zimwe ziza zigahindura imitekerereze y’abantu benshi, ntizibe gusa izo gusetsa cyangwa gushimisha, ahubwo zikaba amasomo y’ubuzima. Ni muri urwo rwego umunyarwenya …

Umunyarwenya Babu Joe yahishuye uko yapfuye abona Jay Polly na Yvan Bravan mbere yo kuzuka Read More

Mutoni Assia yarwaye agahinda gakabije (depression) nyuma y’ibyamubayeho muri Amerika

Umukinnyi wa filime nyarwanda Mutoni Assia yongeye kugarukwaho mu itangazamakuru nyuma yo gusangiza abakunzi be inkuru yihariye ku buzima bwe, by’umwihariko ku rugendo rutoroshye yanyuzemo ubwo yabyariraga muri Amerika, aho …

Mutoni Assia yarwaye agahinda gakabije (depression) nyuma y’ibyamubayeho muri Amerika Read More

Umuhanzikazi uri mu baknuzwe cyane mu Rwanda yateye umugongo umuziki ajya korora Inzuki no gusenga.

Mu gihe hari abahanzi bakomeza guhatana bashaka kwamamara no gukomeza kuguma ku isonga mu muziki nyarwanda, hari n’abandi bahitamo inzira itunguranye igatuma babura mu maso y’abakunzi babo. Ibi ni byo …

Umuhanzikazi uri mu baknuzwe cyane mu Rwanda yateye umugongo umuziki ajya korora Inzuki no gusenga. Read More