Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo, ashimangira ko amadini agomba gukorera mu murongo unoze

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yijeje Abayisilamu bo mu Rwanda ko ibibazo byari bimaze igihe kirekire bitarakemuka, birimo umwenda Leta ibafitiye n’ikibazo cy’ubutaka bagenewe, bigiye gukemurwa vuba, ashimangira …

Perezida Kagame yijeje Abayisilamu ko azabishyura vuba umwenda amaze imyaka 15 ababereyemo, ashimangira ko amadini agomba gukorera mu murongo unoze Read More

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge

Mu Murenge wa Muyumbu, Akarere ka Rwamagana, abaturage baracyari mu gahinda katewe n’amahano aherutse kuhaba, aho abantu babiri bakekwaho kwica abo bashakanye n’umwana muto baburanishijwe mu ruhame. Ni igikorwa ubuyobozi …

Inkuru y’akababaro yahindutse isomo rikomeye ku baturage, ubuyobozi bubasaba kwirinda amakimbirane n’ibiyobyabwenge Read More

Umugabo yambuye ubuzima mu buryo buteye agahinda, umugore we wamusabye gukoropa inzu

Inkuru y’incamugongo mu umujyi wa Louisville muri Leta ya Kentucky, aho umugabo w’imyaka 57 witwa Patrick Brents akekwaho kwivugana umugore we, Carolyn Ross-Brents, amurashishije imbunda nyuma y’amakimbirane ashingiye ku mirimo …

Umugabo yambuye ubuzima mu buryo buteye agahinda, umugore we wamusabye gukoropa inzu Read More

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye

Mu karere ka Rulindo hakomeje kuvugwa inkuru yateye benshi urujijo n’agahinda, nyuma y’urupfu rutunguranye rw’abantu babiri bari bakiri bato, umwe ari umunyeshuri muri IPRC Tumba College, undi ari umukobwa wari …

RIB ivuze ku rupfu rw’umusore wigaga muri kaminuza n’umukobwa wari wamusuye basanzwe mu nzu yari acumbitsemo bapfuye Read More

Urujijo ku rupfu rw’Umuhungu wigaga muri Kaminuza wasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye

Mu Karere ka Rulindo haravugwa inkuru y’incamugongo y’umuhungu n’umukobwa basanzwe bapfuye mu nzu, ibintu byateye urujijo mu baturage ndetse bituma inzego zibishinzwe zitangira iperereza ryimbitse. Aya makuru yamenyekanye kuri uyu …

Urujijo ku rupfu rw’Umuhungu wigaga muri Kaminuza wasanzwe mu nzu we n’umukobwa wari wamusuye bapfuye Read More

RDC: Umusaza w’imyaka irenga 95 yiciwe mu bitero bikomeye cyane bya FARDC, FDLR, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu misozi miremire yo mu Minembwe, haravugwa urupfu rw’umusaza w’Umunyamulenge wari ugejeje mu zabukuru, wishwe n’igitero cy’indege zitagira abapilote (drones) cyagabwe ku baturage. Amakuru aturuka …

RDC: Umusaza w’imyaka irenga 95 yiciwe mu bitero bikomeye cyane bya FARDC, FDLR, Wazalendo n’ingabo z’u Burundi Read More

Umunyarwandakazi utazi gusoma neza yakatiwe nyuma yo gufatirwa mu mugambi wo kwiba arenga miliyoni 280 Frw muri banki

Umunyarwandakazi utazi gusoma neza yakatiwe nyuma yo gufatirwa mu mugambi wo kwiba arenga miliyoni 280 Frw muri banki Mu gihugu cya Uganda, inkuru y’umutekano muke mu rwego rw’imari yongeye kugarukwaho …

Umunyarwandakazi utazi gusoma neza yakatiwe nyuma yo gufatirwa mu mugambi wo kwiba arenga miliyoni 280 Frw muri banki Read More