RDC: Abarwanyi 4,000 barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bageze i Mulenge bavuye mu misozi no mu Burundi

Amakuru akomeje guhererekanywa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo agaragaza indi ntera mu ihindagurika ry’umutekano muke umaze igihe muri aka karere. Ibi bije nyuma y’uko abarwanyi bagera ku …

RDC: Abarwanyi 4,000 barwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bageze i Mulenge bavuye mu misozi no mu Burundi Read More

Impamvu atari umutwe wo gukerensa nubwo FARDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba yo ngo boherezwe mu Rwanda

Umutwe wa FDLR umaze imyaka irenga makumyabiri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ukomeje kugaragara nk’ikibazo gikomeye ku mutekano w’akarere nubwo hari igihe wagiye ugaragazwa nk’udafite imbaraga. Icyakora, …

Impamvu atari umutwe wo gukerensa nubwo FARDC yatangaje ko yatangiye guhiga bukware abarwanyi ba yo ngo boherezwe mu Rwanda Read More

Jason Derulo yagaragaje ko atiyumvisha impamvu atarashaka ku myaka 37, avuga ku masomo yakuye mu rukundo

Umuhanzi w’Umunyamerika Jason Derulo uri mu bagezweho mu njyana ya R&B, yatangaje ko atiyumvisha uko ageze ku myaka 37 akiri ingaragu, nubwo yigeze kurota kubaka urugo akiri muto. Mu kiganiro …

Jason Derulo yagaragaje ko atiyumvisha impamvu atarashaka ku myaka 37, avuga ku masomo yakuye mu rukundo Read More

Kinshasa: Ihohoterwa ryakorewe umubyeyi umaze kubyara ryateje uburakari bukomeye

Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, inkuru y’ihohoterwa rikomeye ryakorewe umubyeyi wari umaze kubyara yakomeje guteza impaka n’uburakari mu baturage, nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga …

Kinshasa: Ihohoterwa ryakorewe umubyeyi umaze kubyara ryateje uburakari bukomeye Read More

RDB yakomoje ku byo kwakira Formula One mu Rwanda, ishoramari ryiyongereye n’intambara yo muri RDC 

Mu gihe ibihugu byinshi bya Afurika bikomeje guhura n’ihungabana ry’ubukungu rishingiye ku bibazo by’umutekano n’imihindagurikire y’amasoko ku Isi, u Rwanda rwo rukomeje kugaragaza isura yihariye y’iterambere rihamye. Imibare iheruka igaragaza …

RDB yakomoje ku byo kwakira Formula One mu Rwanda, ishoramari ryiyongereye n’intambara yo muri RDC  Read More

Minisitiri w’Ubuzima yasobanuye impamvu zikomeye cyane yabaye Ishingiro ryo kuzamura umusanzu wa mituweli

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yasobanuye ko kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza bwa Mituweli byaturutse ku mpinduka zikomeye zashyizwe muri iyi gahunda, zirimo kongeramo serivisi z’ubuvuzi zari zisanzwe zitagerwaho n’abaturage …

Minisitiri w’Ubuzima yasobanuye impamvu zikomeye cyane yabaye Ishingiro ryo kuzamura umusanzu wa mituweli Read More