Indege 2 z’igisirikare cya Amerika yahanutse mu gihe Iran yavuze ko Amerika na Israel bizishyura ibyo byangije ku kabi n’akeza

Intambara ikomeje gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel ikomeje kugaragaza ibimenyetso by’uko ibintu bishobora kurushaho gukomera, nyuma y’aho indege ebyiri …

Indege 2 z’igisirikare cya Amerika yahanutse mu gihe Iran yavuze ko Amerika na Israel bizishyura ibyo byangije ku kabi n’akeza Read More

Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhungabanya u Rwanda

Amakuru akomeje kujya ahagaragara mu nzego zitandukanye z’umutekano n’isesengura rya politiki mu karere k’Ibiyaga Bigari aravuga ko hari umugambi uri kunozwa uvugwaho guhuza imbaraga z’abarwanya Leta y’u Rwanda. Uwo mugambi …

Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhungabanya u Rwanda Read More

Burundi: Hamenyekanye ibyo Perezida Ndayishimiye yikanze byatumye arekura Gen Bunyoni

Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yafashe icyemezo gitunguranye cyo kurekura by’agateganyo uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Alain-Guillaume Bunyoni, wari warakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ibyaha bikomeye birimo umugambi wo …

Burundi: Hamenyekanye ibyo Perezida Ndayishimiye yikanze byatumye arekura Gen Bunyoni Read More

Uko Amayeri adasanzwe y’imirwanire ya Iran yacanze imbaraga za gisirikare z’ibihugu bikomeye? 

Intambara iri hagati ya Iran ku ruhande rumwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel ku rundi ruhande ikomeje gufata indi ntera, aho impande zombi zikomeje kugerageza uburyo bushya …

Uko Amayeri adasanzwe y’imirwanire ya Iran yacanze imbaraga za gisirikare z’ibihugu bikomeye?  Read More

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran yatangaje ko ibirindiro bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati bizakomeza kuraswa

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zizakomeza kugaba ibitero ku birindiro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika biri mu Burasirazuba bwo Hagati, mu rwego …

Umuyobozi mushya w’Ikirenga wa Iran yatangaje ko ibirindiro bya Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati bizakomeza kuraswa Read More

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Mu gihugu cya Uganda hatangiye kuvugwa cyane ikibazo cy’umudepite mushya uherutse gutorerwa kujya mu Nteko Ishinga Amategeko, nyuma …

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko yajyanywe mu nkiko ashinjwa gukoresha impamyabumenyi y’impimbano Read More

Igisirikare cya Amerika cyibwe Drones 4, hatanzwe ibihembo bya miliyoni 7 Frw ku uzatanga amakuru

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko kiri mu iperereza rikomeye nyuma y’uko drones enye za gisirikare zibwe n’abantu bataramenyekana mu kigo cya gisirikare cya Fort Campbell. Amakuru …

Igisirikare cya Amerika cyibwe Drones 4, hatanzwe ibihembo bya miliyoni 7 Frw ku uzatanga amakuru Read More

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara

Amakuru atangazwa n’ibinyamakuru mpuzamahanga aravuga ko inkunga y’amafaranga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) watangaga mu gushyigikira Ingabo z’u Rwanda ziri mu bikorwa byo kugarura umutekano muri Mozambique ishobora guhagarara muri …

Inkunga Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wateraga Ingabo na Polisi y’u Rwanda ishobora guhagarara Read More