RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Ndayisaba Félicien n’umugore we Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara District, …

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda

Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo warashwe n’umupolisi agahita apfa, mu gihe abandi bantu bari kumwe na we batawe muri yombi nyuma yo kurwanya abapolisi …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda Read More

Corneille Nangaa yatanze ubutumwa bukomeye cyane kuri RDC yagabye igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF

Umuyobozi w’ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko ubutegetsi bwa Kinshasa buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara imaze igihe ibera mu …

Corneille Nangaa yatanze ubutumwa bukomeye cyane kuri RDC yagabye igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF Read More

RDC mu mazi abira nyuma yo kugaba igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bihe bikomeye nyuma y’igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma kigamije kwivugana bamwe mu bayobozi b’ihuriro rya AFC/M23, ariko …

RDC mu mazi abira nyuma yo kugaba igitero cyo kwivugana abayobozi ba AFC/M23 kigahitana umukozi wa UNICEF Read More

“…Mumpe amahoro mbeho.” – Lorenzo Musangamfura yasubije RIB yatanze gasopo ya nyuma ku banyamakuru ba siporo bandagazanya

Nyuma y’uko Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rutanze gasopo ikomeye ku banyamakuru bakora ibiganiro bya siporo ibasaba kureka amagambo ashobora guteza umwiryane n’amakimbirane mu bafana, bamwe mu banyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga …

“…Mumpe amahoro mbeho.” – Lorenzo Musangamfura yasubije RIB yatanze gasopo ya nyuma ku banyamakuru ba siporo bandagazanya Read More

Yamutangiye yiga muri P4: Amagambo yatangajwe n’Umwarimu wafatanywe Umukobwa w’imyaka 16 yari amaranye iminsi 4 amusambanya

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi mu Karere ka Gatsibo ni iy’umwarimu wafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo gusanganwa mu nzu ye umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka 16, wari umaze iminsi ine adataha iwabo. Ibi …

Yamutangiye yiga muri P4: Amagambo yatangajwe n’Umwarimu wafatanywe Umukobwa w’imyaka 16 yari amaranye iminsi 4 amusambanya Read More

Abasore Babiri Batawe muri Yombi Bashinjwa Gushuka Abakobwa, Kubambura no Kubasambanya

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho ibyaha bikomeye birimo gushuka abakobwa bababeshya ko bagiye kubaha akazi gahemba neza, nyuma bakabambura ibyo bafite ndetse bamwe …

Abasore Babiri Batawe muri Yombi Bashinjwa Gushuka Abakobwa, Kubambura no Kubasambanya Read More

Perezida Kagame mu Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga yahuje abakomeye ku Isi yiga ku Ngufu za Nucléaire.

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu za nucléaire zikoreshwa mu bikorwa bya gisivile, yabereye mu Paris mu Bufaransa ku wa 10 Werurwe 2026. Iyi …

Perezida Kagame mu Bufaransa mu Nama Mpuzamahanga yahuje abakomeye ku Isi yiga ku Ngufu za Nucléaire. Read More

Twakwemera Abasirikare 1000 Bakagwa ku Rugamba ku Buzima bw’Umunyarwanda Umwe – Gen Mubarakh Muganga

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yatangaje ko Ingabo z’u Rwanda ziteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo zirinde umutekano w’Abanyarwanda, harimo no kwemera gutanga ubuzima bwazo mu gihe …

Twakwemera Abasirikare 1000 Bakagwa ku Rugamba ku Buzima bw’Umunyarwanda Umwe – Gen Mubarakh Muganga Read More