Meya wa Kikwit ahamagajwe byihutirwa i Kinshasa asabwa guhagarika ibikorwa byose yari arimo agahita yitabira Inama y’ibanga iteye impungenge.

Meya w’Umujyi wa Kikwit yahamagajwe byihutirwa i Kinshasa mu nama idasanzwe bivugwa ko ifite uburemere bukomeye, nk’uko bigaragara mu nyandiko yemewe na Leta yashyizweho umukono na Visi Minisitiri w’Intebe ushinzwe …

Meya wa Kikwit ahamagajwe byihutirwa i Kinshasa asabwa guhagarika ibikorwa byose yari arimo agahita yitabira Inama y’ibanga iteye impungenge. Read More

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki

Ihuriro AFC/M23 ryamaganye bikomeye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu birombe by’amabuye y’agaciro mu gace ka Rubaya, mu Ntara ya Kivu …

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki Read More

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi.

Igihugu cya Nigeria cyibasiwe n’akababaro gakomeye nyuma y’urupfu rutunguranye rw’umuhanzi Ifunanya Nwangene, wari ufite imyaka 26, wapfuye azize kurumwa n’inzoka mu ijoro ryo ku wa 31 Mutarama 2026, mu murwa …

Urupfu rw’Umuhanzikazi w’imyaka 26 wishwe no kurumwa n’inzoka nini cyane yari atunze rukomeje gushengura imitima ya benshi. Read More

Gen. Muhoozi yahisemo kuva kuri X ajya mu masengesho no kwiyiriza ubusa nyuma y’ibyatangajwe na Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko imyitwarire ya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), yamaze kurenga “umurongo utukura”, nyuma y’ubutumwa bwe bwibasiraga Ambasade ya Amerika i …

Gen. Muhoozi yahisemo kuva kuri X ajya mu masengesho no kwiyiriza ubusa nyuma y’ibyatangajwe na Amerika Read More

Byahinduye Isura: RDC izatanga umukandida uhatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko izatanga umukandida uzahatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), mu matora ateganyijwe mu …

Byahinduye Isura: RDC izatanga umukandida uhatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF. Read More