Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho

Ku wa 31 Mutarama 2026, Uwicyeza Pamella yizihije isabukuru y’amavuko mu buryo budasanzwe, umunsi wabaye uwo kwishimira we ubwe, umuryango we n’inshuti ze, cyane cyane umugabo we, umuhanzi Mugisha Benjamin …

Mu butumwa bwuje urukundo, The Ben yifurije Pamella isabukuru y’amavuko yifashishije ifoto y’umunsi wa mbere bahuriyeho Read More

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi.

Inkangu ikomeye yibasiye ikirombe cy’amabuye y’agaciro cya Rubaya giherereye muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ihitana abantu barenga 200, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bw’ihuriro AFC/M23 rigenzura ako gace. …

Urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye muri kamwe mu duce AFC/M23 igenzura rwashenguye imitima ya beshi. Read More

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga.

Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 23 watawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka icyenda wo mu muryango we wa hafi, babanaga mu rugo rumwe kwa nyirakuru …

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga. Read More

Burundi: Imbonerakure 35 zafunzwe zikurikiranyweho ubucuruzi bwa magendu n’ibikorwa bibangamira umutekano

Mu Ntara ya Bujumbura, mu Burengerazuba bw’u Burundi, inzego z’umutekano zafunze Imbonerakure 35 zishinjwa kwishora mu bucuruzi bwa magendu burimo gucuruza lisansi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ndetse no kugira uruhare …

Burundi: Imbonerakure 35 zafunzwe zikurikiranyweho ubucuruzi bwa magendu n’ibikorwa bibangamira umutekano Read More

CAF yahannye yihanukiriye Sénégal na Maroc nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma wa CAN 2025

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ibinyujije muri Komisiyo yayo ishinzwe Imyitwarire, yatangaje ibihano bikomeye byafatiwe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF) n’iry’u Bwami bwa Maroc (FRMF), nyuma y’imvururu zaranze …

CAF yahannye yihanukiriye Sénégal na Maroc nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma wa CAN 2025 Read More

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wongeye kwikoma ubuyobozi bw’u Burundi, uhakana ibirego bya Perezida Evariste Ndayishimiye byawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 riri mu ntambara mu burasirazuba …

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi Read More