Qatar ikomeje gushyira igitutu ku ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge: MONUSCO yasabwe koherezwa muri Uvira

Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gihangayikishije akarere n’umuryango mpuzamahanga, inama yabereye muri Qatar yongeye kugaragaza ubushake bwo gushaka ibisubizo bya politiki …

Qatar ikomeje gushyira igitutu ku ishyirwa mu bikorwa ry’agahenge: MONUSCO yasabwe koherezwa muri Uvira Read More

Loni Yaciye Amarenga yo Gufata Icyemezo Kizagira Ingaruka Zikomeye Cyane ku Gisirikare cy’u Burundi n’Imiryango y’Abasirikare

Ikibazo cy’ubukene n’icyuho cy’imari mu Muryango w’Abibumbye (Loni) gikomeje gufata indi ntera, aho kiri kugira ingaruka zitari nke ku butumwa bwo kubungabunga amahoro ku Isi hose. Kubera ko imisanzu y’ibihugu …

Loni Yaciye Amarenga yo Gufata Icyemezo Kizagira Ingaruka Zikomeye Cyane ku Gisirikare cy’u Burundi n’Imiryango y’Abasirikare Read More

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro.

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo kubungabunga amahoro, gutabara abari mu byago, no gufasha iterambere …

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro. Read More

Umuturage w’Umunyakenya yapfiriye mu ntambara ya Ukraine, impaka ku ruhare rw’Abanyafurika ziriyongera

Mu gihe intambara mu Burasirazuba bwa Ukraine ikomeje kwica no gutera ibikomere ku mpande zose, urupfu rw’umuturage w’Umunyakenya, Clinton Nyapara Mogesa, wavutse mu 1997, rukomeje gutera impaka ku ruhare rw’Abanyafurika …

Umuturage w’Umunyakenya yapfiriye mu ntambara ya Ukraine, impaka ku ruhare rw’Abanyafurika ziriyongera Read More

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More

Kinshasa: Ishuti ya perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma yuko yisanze hagati mu bayobozi ba AFC/M23

Ihuriro ry’abanyapolitiki ry’ububyutse, REPOP, ryatangaje ko ryirukanye Claude Ibalanky Ekolomba ku buyobozi nyuma y’uko yagaragaye mu bikorwa bya politiki bifitanye isano n’ihuriro AFC/M23, icyemezo cyashyizwe ahagaragara ku wa Gatandatu, tariki …

Kinshasa: Ishuti ya perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma yuko yisanze hagati mu bayobozi ba AFC/M23 Read More