Ubuhamya bukomeye bwa Dr. Abimana wafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame bukomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga

Iyo uganiriye n’Abanyarwanda bagendaga Umujyi wa Goma mu bihe wari ukigenzurwa n’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), usanga inkuru bavuga ziba zisa n’inzozi mbi. Gufungwa nta …

Ubuhamya bukomeye bwa Dr. Abimana wafunzwe azira ifoto ya Perezida Kagame bukomeje gutigisa imbuga nkoranyambaga Read More

Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe ku mipaka n’intwaro ziremereye bose bashimuswe n’abasirikare n’abapolisi badasanzwe

Mu ijoro ridasanzwe ryuzuyemo urujijo n’ubwoba mu Burundi, haravugwa igikorwa gikomeye cyo gushimuta abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe kurinda imipaka, bikozwe n’abantu bitwa abasirikare n’abapolisi badasanzwe, bataramenyekana inkomoko yabo, bigateza …

Abasirikare b’u Burundi bari boherejwe ku mipaka n’intwaro ziremereye bose bashimuswe n’abasirikare n’abapolisi badasanzwe Read More

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya washakaga kuba Perezida w’iki gihugu yishwe arashwe.

Igihugu cya Libya cyongeye kwinjira mu bihe bikomeye by’akajagari n’impaka nyuma y’inkuru yemeje urupfu rwa Saif al-Islam Gaddafi, umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya imyaka irenga 40, rukaba rwatumye havuka …

Umuhungu wa Muammar Gaddafi wayoboye Libya washakaga kuba Perezida w’iki gihugu yishwe arashwe. Read More

RDC na AFC/M23 Basinyanye Amasezerano y’Amahoro i Doha: Intambwe Itegura Umutekano Arambye mu Burasirazuba bwa Congo

Mu mujyi wa Doha, Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) hamwe n’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) byashyize umukono ku masezerano y’ingenzi agamije guteza imbere amahoro arambye mu burasirazuba …

RDC na AFC/M23 Basinyanye Amasezerano y’Amahoro i Doha: Intambwe Itegura Umutekano Arambye mu Burasirazuba bwa Congo Read More

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More