Umuganga ukurikiranyweho gusambanya ku gahato abarwayi 38 yagejejwe imbere y’urukiko

Mu gihugu cy’’u Bwongereza, umuganga w’imyaka 38 witwa Nathaniel Spencer yagejejwe imbere y’urukiko akurikiranyweho ibyaha byinshi bikomeye birimo ihohotera rishingiye ku gitsina yakoreye abarwayi benshi, barimo n’umwana utarageza ku myaka …

Umuganga ukurikiranyweho gusambanya ku gahato abarwayi 38 yagejejwe imbere y’urukiko Read More

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Rwanda Investigation Bureau (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugabo witwa Ndayisaba Félicien n’umugore we Imanishimwe Rebecca batuye mu Murenge wa Mugombwa mu Karere ka Gisagara District, …

RIB yataye muri yombi umugabo n’umugore bakekwaho kwambura ubuzima abantu benshi, imibiri igatabwa mu cyobo cyo mu rugo. Read More

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda

Mu Karere ka Rubavu haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 20 witwaga Kadogo warashwe n’umupolisi agahita apfa, mu gihe abandi bantu bari kumwe na we batawe muri yombi nyuma yo kurwanya abapolisi …

Ukuri ku cyihishe inyuma y’urupfu rw’umusore w’imyaka 20 warashwe mu cyico na Polisi y’u Rwanda Read More

Agahinda Gakomeye: Urupfu rw’Umukobwa wiga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje gushengura imitima ya benshi

Urupfu rw’umukobwa wari ukiri muto wigaga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje kubabaza benshi, cyane cyane abo biganaga, umuryango we n’abandi bamumenye. Cyuzuzo Grace w’imyaka 23, wari umunyeshuri muri Ishami ry’Ubumenyi …

Agahinda Gakomeye: Urupfu rw’Umukobwa wiga muri Kaminuza y’u Rwanda rukomeje gushengura imitima ya benshi Read More

RDC: AFC/M23 yihoreye ku rupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, abofisiye bakuru ba FARDC bo ku rwego rwo hejuru bahasiga ubuzima

Imirwano ikomeje kubera muri Teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yafashe indi ntera nyuma y’uko amakuru y’urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma atangiye gukwirakwira. Amakuru ava ku rugamba …

RDC: AFC/M23 yihoreye ku rupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, abofisiye bakuru ba FARDC bo ku rwego rwo hejuru bahasiga ubuzima Read More