Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ryatangiye gukinwa, ariko ntiryarangira neza. Etape ya mbere yaturutse mu Karere ka Gicumbi yerekeza mu Karere …

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije Read More

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic, giherutse kugirana amasezerano na Guverinoma y’u Rwanda agamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano …

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda Read More

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela

U Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), aho ruherutse kugirana amasezerano mashya n’ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Anthropic. Iki ni ikigo kizwi cyane …

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela Read More

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi

Mu gitondo cyo ku itariki ya 12 Gashyantare 2026, hamenyekanye amakuru akomeye kandi yazamuye imbamutima z’abaturage bo mu gace ka Rundu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Umukecuru witwaga Elizabeth Mukuza, …

Umukecuru wambuwe ubuzima mu buryo bwa kinyamaswa na FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi yazamuye imbamutima za benshi Read More

U Rwanda rwanditse amateka: Rusinye amasezerano azarugira igicumbi cya drones n’ikoranabuhanga ku Isi

U Rwanda rwongeye gutera indi ntambwe ikomeye mu rugendo rwo kuba igicumbi cy’ikoranabuhanga n’udushya ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo kuba igihugu cya mbere ku Isi gishyize umukono ku masezerano yo …

U Rwanda rwanditse amateka: Rusinye amasezerano azarugira igicumbi cya drones n’ikoranabuhanga ku Isi Read More

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro.

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo kubungabunga amahoro, gutabara abari mu byago, no gufasha iterambere …

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro. Read More

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki

Ihuriro AFC/M23 ryamaganye bikomeye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu birombe by’amabuye y’agaciro mu gace ka Rubaya, mu Ntara ya Kivu …

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki Read More