Urukundo rwatumye umugore ukora muri Minisiteri atanga ibyangombwa mu buryo butemewe

Inkuru nshya yagaragaye muri Afurika y’Epfo irimo gukurura impaka zikomeye ku mikorere ya za Ambasade n’uburyo abakozi bamwe bashobora gukoresha nabi ububasha bafite, aho umugore ukora muri Minisiteri y’umutekano w’imbere …

Urukundo rwatumye umugore ukora muri Minisiteri atanga ibyangombwa mu buryo butemewe Read More

Umigambi mushya uri kunozwa wo kwifashisha Minembwe na Uvira mu gutera u Rwanda ukomeje gutera benshi impungenge

Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuzamo igitutu gikomeye, amakuru mashya aravuga ku mugambi uvugwa ko uri gutegurwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa bufatanyije na Gitega, …

Umigambi mushya uri kunozwa wo kwifashisha Minembwe na Uvira mu gutera u Rwanda ukomeje gutera benshi impungenge Read More

Akagara: Bombori bombori mu Banyamulenge. Uko amafaranga ya Tshisekedi yatumye bamwe bahinduka ibikoresho

Mu gihe umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuzamo ibibazo bikomeye, ubwumvikane buke mu Banyamulenge, cyane cyane abari mu mahanga, burushaho gufata indi ntera, aho …

Akagara: Bombori bombori mu Banyamulenge. Uko amafaranga ya Tshisekedi yatumye bamwe bahinduka ibikoresho Read More

Umunyamulenge yandikiye umunyamabanga mukuru wa Loni amusaba ibintu bikomeye cyane

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ijwi ry’abaturage rikomeje kumvikana risaba ubutabazi bwihuse. Ni muri urwo rwego Umunyamulenge, Rugoboza David Muvandimwe, uri mu …

Umunyamulenge yandikiye umunyamabanga mukuru wa Loni amusaba ibintu bikomeye cyane Read More

Umuhanda wa gari ya moshi uhuza Afurika y’Iburasirazuba ugeze ku ntambwe nshya, ugiye kugera mu Rwanda, u Burundi na RDC

Kuri uyu wa 21 Werurwe 2026, habaye igikorwa gikomeye mu iterambere ry’ibikorwaremezo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, aho Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, na Perezida wa Kenya, William Samoei …

Umuhanda wa gari ya moshi uhuza Afurika y’Iburasirazuba ugeze ku ntambwe nshya, ugiye kugera mu Rwanda, u Burundi na RDC Read More

AFC/M23 yakomoje ku kuvana ingabo za yo muri Bukavu, ishinja ubutegetsi bwa RDC gukwirakwiza ibinyoma byo kuyobya uburari

Mu gihe umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba muke, ihuriro rya AFC/M23 ryongeye gutera utwatsi amakuru amaze iminsi acaracara ku mbuga nkoranyambaga arivuga ko ryafashe …

AFC/M23 yakomoje ku kuvana ingabo za yo muri Bukavu, ishinja ubutegetsi bwa RDC gukwirakwiza ibinyoma byo kuyobya uburari Read More

Ingabo z’u Burundi zari zivuye mu Kiliba zaguye mu gico cya AFC/M23, FARDC isohora itangazo ryavugisije benshi.

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), amakuru mashya aravuga ko imirwano iri hagati y’ingabo za Leta n’imitwe itandukanye irimo AFC/M23-Twirwaneho ikomeje gufata …

Ingabo z’u Burundi zari zivuye mu Kiliba zaguye mu gico cya AFC/M23, FARDC isohora itangazo ryavugisije benshi. Read More

Byahinduye isura muri Uvira nyuma yuko Perezida Tshisekedi asubiyemo amakosa asa nk’ayagejeje ku ifatwa rya Goma

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kuba mu mwuka mubi w’umutekano muke, amakuru mashya aravuga ko umujyi wa Uvira uri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ushobora kuba …

Byahinduye isura muri Uvira nyuma yuko Perezida Tshisekedi asubiyemo amakosa asa nk’ayagejeje ku ifatwa rya Goma Read More