Afurika Yunze Ubumwe yahaye Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi inshingano nshya

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) ukomeje kongera imbaraga mu gukemura amakimbirane hagati y’ibihugu binyuze mu nzira z’amahoro, aho wahaye Ambasaderi Albert Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi …

Afurika Yunze Ubumwe yahaye Shingiro wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi inshingano nshya Read More

Uganda: Gen. Muhoozi yateguje kohereza ingabo mu ntambara na Iran mu rurego rwo gushyigikira Israel

Mu gihe umwuka w’intambara mu Burasirazuba bwo Hagati ukomeje gufata intera ishobora kugeza isi mu kaga gakomeye, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yashyize hanze itangazo rikomeye …

Uganda: Gen. Muhoozi yateguje kohereza ingabo mu ntambara na Iran mu rurego rwo gushyigikira Israel Read More

Minisitiri Biruta yashyikirije Perezida Saasou Nguesso ubutumwa bukomeye bwa Perezida Kagame

U Rwanda rukomeje ibikorwa bya dipolomasi bigamije gushimangira umubano n’ibindi bihugu no gushaka inkunga mpuzamahanga ku mukandida warwo ku buyobozi bw’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Ururimi rw’Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo. Kuri …

Minisitiri Biruta yashyikirije Perezida Saasou Nguesso ubutumwa bukomeye bwa Perezida Kagame Read More

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku misoro mishya ya Amerika runahishura ingaruka izagira ku bucuruzi bwa rwo

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko imisoro mishya yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, igira ingaruka no ku Rwanda, ariko agaragaza ko …

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku misoro mishya ya Amerika runahishura ingaruka izagira ku bucuruzi bwa rwo Read More

U Rwanda rwanyuranyije na Amerika na Israel ubwo Loni yemezaga ubucakara nk’icyaha ndengakamere

Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (Loni) yafashe umwanzuro ukomeye mu mateka, wemeza ko ubucakara bwakorewe Abanyafurika mu bucuruzi bwambukaga inyanja ya Atlantique ari “icyaha ndengakamere kiruta ibindi byibasiye inyokomuntu,” mu gihe …

U Rwanda rwanyuranyije na Amerika na Israel ubwo Loni yemezaga ubucakara nk’icyaha ndengakamere Read More

RDC: Abayobozi n’abaturage bo mu duce AFC/M23 yakuyemo ingabo batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa

Mu gihe hari icyizere cyari cyatangiye kugaragara ko intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ishobora kugana ku musozo, amakuru mashya ava muri Teritwari ya Lubero aragaragaza …

RDC: Abayobozi n’abaturage bo mu duce AFC/M23 yakuyemo ingabo batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa Read More

Gen Muhoozi yavuze impamvu igiye kumutera kuvana ingabo muri RDC mu gihe AFC/M23 na yo iri kwimura ingabo

Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ukomeje kuba ingorabahizi, hatangiye kugaragara impinduka zikomeye mu mikorere y’ingabo z’amahanga zikorera muri aka karere. Ibi bije bikurikira …

Gen Muhoozi yavuze impamvu igiye kumutera kuvana ingabo muri RDC mu gihe AFC/M23 na yo iri kwimura ingabo Read More

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende.

Mu Mujyi wa Kigali hakomeje kuvugwa cyane inkuru y’ibishyimbo byaranduwe bikiri hafi kwera, nyuma y’amafoto n’ubutumwa byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bikurura impaka ndende mu baturage. Ibi byatangiye ubwo uwitwa Bagiruwubusa …

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende. Read More

AFC/M23 yakomoje ku bitero bya drone za FARDC muri Minembwe byateje impungenge zikomeye ku mutekano w’Abanyamulenge

Mu gihe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hakomeje kugaragaramo umwuka mubi w’umutekano muke, umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko uhangayikishijwe cyane n’ibitero bikomeje kugabwa ku basivili b’Abanyamulenge batuye …

AFC/M23 yakomoje ku bitero bya drone za FARDC muri Minembwe byateje impungenge zikomeye ku mutekano w’Abanyamulenge Read More