APR BBC yasinyishije umunya-Amerika watwaye ibikombe bya shampiyona ya NBA akinira LA Lakers na Golden State Warriors

Ikipe ya APR BBC yamaze gusinyisha umukinnyi w’umunya-Amerika, Quinn Cook, wakiniye amakipe akomeye muri Shampiyona ya Basketball muri Amerika (NBA), kugira ngo ayifashe mu mikino ya Basketball Africa League iteganyijwe …

APR BBC yasinyishije umunya-Amerika watwaye ibikombe bya shampiyona ya NBA akinira LA Lakers na Golden State Warriors Read More

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije

Kuri iki Cyumweru, tariki ya 22 Gashyantare 2026, isiganwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ryatangiye gukinwa, ariko ntiryarangira neza. Etape ya mbere yaturutse mu Karere ka Gicumbi yerekeza mu Karere …

Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye muri etape ya mbere ya Tour du Rwanda abandi batandatu barakomereka bikabije Read More

CAF iri gutegura impinduka zikomeye cyane zizatuma u Rwanda n’u Burundi byitabira Igikombe cya Afurika

Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, Dr. Patrice Motsepe, yatangaje ko hari gahunda yo kongera umubare w’amakipe yitabira Igikombe cya Afurika (AFCON), akava kuri 24 akagera kuri 28, mu …

CAF iri gutegura impinduka zikomeye cyane zizatuma u Rwanda n’u Burundi byitabira Igikombe cya Afurika Read More

Rayon Sports rwakingaga babiri yinjiye mu bihe bishya: Yasinye amasezerano ya miliyari 5,1 Frw azahindura amateka ya Gikundiro

kipe ya Rayon Sports FC yongeye guhindura amateka y’umupira w’amaguru mu Rwanda, nyuma yo gusinya amasezerano y’igihe kirekire afite agaciro ka miliyari 5,1 z’Amafaranga y’u Rwanda, agamije kuyikura mu bibazo …

Rayon Sports rwakingaga babiri yinjiye mu bihe bishya: Yasinye amasezerano ya miliyari 5,1 Frw azahindura amateka ya Gikundiro Read More

CAF yahannye yihanukiriye Sénégal na Maroc nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma wa CAN 2025

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), ibinyujije muri Komisiyo yayo ishinzwe Imyitwarire, yatangaje ibihano bikomeye byafatiwe Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal (FSF) n’iry’u Bwami bwa Maroc (FRMF), nyuma y’imvururu zaranze …

CAF yahannye yihanukiriye Sénégal na Maroc nyuma y’imvururu zaranze umukino wa nyuma wa CAN 2025 Read More