Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko hari icyizere gishya cyatuma intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarara, binyuze mu kwinjiza abarwanyi b’Abanye-Congo bo …

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

Igitero simusiga cya FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi nyuma y’ibyo u Rwanda rwemereye Amerika

Impungenge ku mutekano w’abaturage bo mu misozi ya Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, zikomeje kwiyongera nyuma y’uko Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) FDLR n’ingabo z’u Burundi …

Igitero simusiga cya FARDC, FDLR n’ingabo z’u Burundi nyuma y’ibyo u Rwanda rwemereye Amerika Read More

Amerika: Perezida Trump yasabwe gufatira ibihano bikakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba no gufata ingamba zikomeye za gisirikare.

Igitutu mpuzamahanga gikomeje kwiyongera kuri Leta ya Uganda nyuma y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yo ku wa 15 Mutarama 2026, aho Perezida Yoweri Museveni yongeye gutorerwa manda ya karindwi mu matora avugwaho …

Amerika: Perezida Trump yasabwe gufatira ibihano bikakaye Gen. Muhoozi Kainerugaba no gufata ingamba zikomeye za gisirikare. Read More

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga

Amagambo aherutse gutangazwa n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga, aho benshi bayafashe nko gusuzugura abagore, abandi bakayata nk’urwenya rutagomba gufatwa nk’icyemezo …

Abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi: Amagambo ya Gen. Muhoozi yongeye guteza impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga Read More

Perezida Tshisekedi agiye kwisubiza Bukavu, Goma na Bunagana nyuma yo kubona ubufasha budasanzwe

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, arimo gutegura intambara ikomeye yo kwisubiza ibice byose byo mu burasirazuba bw’igihugu bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23, nyuma yo kubona inkunga …

Perezida Tshisekedi agiye kwisubiza Bukavu, Goma na Bunagana nyuma yo kubona ubufasha budasanzwe Read More

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’ibyo u Rwanda rwayemereye

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangiye intambwe zifatika zo kwinjira mu bibazo by’umutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’uko u Rwanda ruyemereye ku mugaragaro ko …

Ingabo za Amerika zigiye kwinjira mu ntambara yo mu burasirazuba bwa RDC nyuma y’ibyo u Rwanda rwayemereye Read More

Umusirikare ufite ipeti rya Capt muri FARDC yakatiwe igifungo cy’imyaka 20, azira kwifotora no gufata amashusho ari ku rugamba

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu Ntara ya Ituri, Urukiko rwa Gisirikare rw’iyi ntara rwatanze icyemezo cyakomeje kuvugisha benshi, nyuma yo gukatira Capt. Buba Ambwa Jean Denis igifungo cy’imyaka 20, …

Umusirikare ufite ipeti rya Capt muri FARDC yakatiwe igifungo cy’imyaka 20, azira kwifotora no gufata amashusho ari ku rugamba Read More

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda.

Intambara iyo itangiye, ntigira uwitandukanya n’ingaruka zayo. Irasenya, igatwara ubuzima, igatatanya imiryango, ikanazimya inzozi z’abari bafite ejo heza. Ukraine ni urugero rufatika rw’igihugu cyari kizwi nk’ikigega cy’ibinyampeke ku isi, gifite …

Abarusiya bahunze intambara na Ukraine bifuza kuba Abanyarwanda byuzuye kubera ibyo babonye mu Rwanda. Read More