Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More

Venezuela: Perezida w’Inzibacyuho Delcy Rodríguez yahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodríguez, yatangaje ko igihugu cye kitagishobora gukomeza kuyoborwa n’amabwiriza aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashimangira ko Abanyavenezuela ari bo bagomba kwikemurira ibibazo byabo …

Venezuela: Perezida w’Inzibacyuho Delcy Rodríguez yahaye gasopo Leta Zunze Ubumwe za Amerika Read More

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore

Niyitegeka Gratien uzwi cyane ku izina rya Seburikoko cyangwa Papa Sava, umwe mu bantu bakunzwe cyane muri sinema nyarwanda, yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutanga ibisobanuro ku mpamvu atihutira gushaka …

“Intanga z’umugabo ntizishira” – Papa Sava yongeye kuvugisha benshi asobanura impamvu atihutira gushaka umugore Read More

Nyuma y’igihe ikuye abarwanyi bayo muri Uvira, AFC/M23 yakomoje ku gusohoka mu bindi bice igenzura

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko nubwo ryakuye abarwanyi baryo mu Mujyi wa Uvira, ridafite umugambi wo kuva mu bindi bice rigenzura mu Ntara …

Nyuma y’igihe ikuye abarwanyi bayo muri Uvira, AFC/M23 yakomoje ku gusohoka mu bindi bice igenzura Read More

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye

Mu gihe ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi bukomeje gutangaza ko ibintu bimeze neza, hari indi shusho igenda igaragara kure y’amaso ya rubanda. Iyi shusho igaragarira mu buhamya bw’abasirikare bavuye mu gihugu, …

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye Read More

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC?

Mu biganiro mpuzamahanga bigamije gushakira amahoro arambye uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igitekerezo cyo kwinjiza abarwanyi ba M23 mu nzego z’umutekano za Leta ya Congo cyakomeje kugarukwaho nk’imwe …

Bagiye kuyinjizamo: Impamvu M23 idakwiye kwemera kwinjizwa mu nzego z’umutekano za RDC? Read More