Loni Yaciye Amarenga yo Gufata Icyemezo Kizagira Ingaruka Zikomeye Cyane ku Gisirikare cy’u Burundi n’Imiryango y’Abasirikare

Ikibazo cy’ubukene n’icyuho cy’imari mu Muryango w’Abibumbye (Loni) gikomeje gufata indi ntera, aho kiri kugira ingaruka zitari nke ku butumwa bwo kubungabunga amahoro ku Isi hose. Kubera ko imisanzu y’ibihugu …

Loni Yaciye Amarenga yo Gufata Icyemezo Kizagira Ingaruka Zikomeye Cyane ku Gisirikare cy’u Burundi n’Imiryango y’Abasirikare Read More

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravugwa ko zatangiye ibiganiro byimbitse bigamije gusuzuma uburyo u Rwanda rwafatiwamo ibihano, nyuma y’uko amasezerano y’amahoro rwasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atarashyirwa mu …

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane? Read More

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ifatika ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu gihisemo guhagarika amasezerano y’impande zombi ajyanye no kwakira abimukira badafite ibyangombwa no …

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More