Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika biravugwa ko zatangiye ibiganiro byimbitse bigamije gusuzuma uburyo u Rwanda rwafatiwamo ibihano, nyuma y’uko amasezerano y’amahoro rwasinyanye na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atarashyirwa mu …

Leta zunze Ubumwe za Amerika Amerika iri gutegura gufatira u Rwanda ibihano bikomeye cyane? Read More

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ifatika ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu gihisemo guhagarika amasezerano y’impande zombi ajyanye no kwakira abimukira badafite ibyangombwa no …

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo?

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko hari icyizere gishya cyatuma intambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagarara, binyuze mu kwinjiza abarwanyi b’Abanye-Congo bo …

Umutwe wa M23 ugiye kwinjizwa mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo? Read More

U Burusiya bwatanze ubutumwa bukomeye cyane ku Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda

Mu gihe umutekano wo mu karere k’Ibiyaga Bigari ukomeje kuzamba, u Burusiya bwatanze ubutumwa bukomeye ku Burundi, bukurikije uko iki gihugu gikomeje kongera ingabo n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda, …

U Burusiya bwatanze ubutumwa bukomeye cyane ku Burundi bwohereje abasirikare n’intwaro ziremereye hafi y’umupaka w’u Rwanda Read More

Intambara ntizarangira vuba: U Burusiya bwinjiye mu kibazo cy’u Rwanda, AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko yiteguye gutanga umusanzu wayo mu gushakira umuti amakimbirane amaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), cyane cyane mu burasirazuba bw’icyo …

Intambara ntizarangira vuba: U Burusiya bwinjiye mu kibazo cy’u Rwanda, AFC/M23 na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Read More