Gen. Muhoozi yahisemo kuva kuri X ajya mu masengesho no kwiyiriza ubusa nyuma y’ibyatangajwe na Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko imyitwarire ya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), yamaze kurenga “umurongo utukura”, nyuma y’ubutumwa bwe bwibasiraga Ambasade ya Amerika i …

Gen. Muhoozi yahisemo kuva kuri X ajya mu masengesho no kwiyiriza ubusa nyuma y’ibyatangajwe na Amerika Read More

Byahinduye Isura: RDC izatanga umukandida uhatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko izatanga umukandida uzahatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), mu matora ateganyijwe mu …

Byahinduye Isura: RDC izatanga umukandida uhatana n’Umunyarwandakazi Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru wa OIF. Read More

Urujijo ku mirambo itatu yabonetse mu mugezi wa Rusizi, mu gihe abarwanyi badasanzwe ba FDLR bari ku butaka bw’u Rwanda.

Mu Ntara ya Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, hagaragaye imirambo itatu ireremba mu mazi y’umugezi wa Rusizi, hafi y’umupaka uhuza u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bikomeje …

Urujijo ku mirambo itatu yabonetse mu mugezi wa Rusizi, mu gihe abarwanyi badasanzwe ba FDLR bari ku butaka bw’u Rwanda. Read More

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Bwongereza yatanze igisubizo ku Rwanda, nyuma y’uko rwitabaje urukiko mpuzamahanga rw’ubuhuza ruri mu Buholandi, rurusaba kwishyurwa miliyoni 50 z’Amapawundi, kubera kutubahiriza amasezerano impande zombi zari zaragiranye. Ku wa …

U Bwongereza bwasubije u Rwanda rwabujyanye mu rukiko mpuzamahanga rubwishyuza miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impamvu ifatika ituma u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi, nyuma y’uko iki gihugu gihisemo guhagarika amasezerano y’impande zombi ajyanye no kwakira abimukira badafite ibyangombwa no …

Twanze agasuzuguro: U Rwanda rwasobanuye impamvu u Bwongereza bugomba kurwishyura miliyoni 50 z’Amapawundi Read More

AFC/M23 yasobanuye ubufasha ihabwa n’u Rwanda na Uganda bukomeje guteza impaka ku ruhando mpuzamahanga

Mu cyumweru gishize, amagambo yatangajwe n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, yongeye kuzamura impaka zimaze igihe zivugwa ku bijyanye n’umubano hagati y’u Rwanda n’ihuriro rya …

AFC/M23 yasobanuye ubufasha ihabwa n’u Rwanda na Uganda bukomeje guteza impaka ku ruhando mpuzamahanga Read More

Hamenyekanye icyatume abarwanyi ba M23 batinjizwa mu gisirikare cya Leta ya RDC, n’inshingano zikomeye cyane bari bahawe.

Umutwe wa M23 watangaje amakuru mashya asobanura mu buryo burambuye uko abarwanyi bawo bari bateganyijwe kwinjizwa mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), binyuze mu masezerano …

Hamenyekanye icyatume abarwanyi ba M23 batinjizwa mu gisirikare cya Leta ya RDC, n’inshingano zikomeye cyane bari bahawe. Read More