Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro.

Umuryango w’Abibumbye (Loni) uri mu bihe bikomeye by’ubukungu, aho ubukene bukomeje kuwusatira ku buryo bushobora gushyira mu kaga ibikorwa byawo byo kubungabunga amahoro, gutabara abari mu byago, no gufasha iterambere …

Umuryango w’Abibumbye Uri mu Kaga Waciye Amarenga yo Guhagarika Ibikorwa Byawo byo Kubungabunga Amahoro. Read More

Umuturage w’Umunyakenya yapfiriye mu ntambara ya Ukraine, impaka ku ruhare rw’Abanyafurika ziriyongera

Mu gihe intambara mu Burasirazuba bwa Ukraine ikomeje kwica no gutera ibikomere ku mpande zose, urupfu rw’umuturage w’Umunyakenya, Clinton Nyapara Mogesa, wavutse mu 1997, rukomeje gutera impaka ku ruhare rw’Abanyafurika …

Umuturage w’Umunyakenya yapfiriye mu ntambara ya Ukraine, impaka ku ruhare rw’Abanyafurika ziriyongera Read More

Kinshasa: Ishuti ya perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma yuko yisanze hagati mu bayobozi ba AFC/M23

Ihuriro ry’abanyapolitiki ry’ububyutse, REPOP, ryatangaje ko ryirukanye Claude Ibalanky Ekolomba ku buyobozi nyuma y’uko yagaragaye mu bikorwa bya politiki bifitanye isano n’ihuriro AFC/M23, icyemezo cyashyizwe ahagaragara ku wa Gatandatu, tariki …

Kinshasa: Ishuti ya perezida Tshisekedi mu mazi abira nyuma yuko yisanze hagati mu bayobozi ba AFC/M23 Read More

RDC mu bihe bikomeye: Inama y’Ibanga yihutirwa mu gihe Ishuti idasanzwe ya perezida yisanze hagati mu bayobozi ba AFC/M23

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira mu bihe bikomeye by’imiyoborere n’umutekano, aho inkuru zitandukanye zikomeje kwerekana isura y’igihugu kirimo guhura n’ihindagurika rikomeye rya politiki n’ubutegetsi. Ku wa 31 Mutarama …

RDC mu bihe bikomeye: Inama y’Ibanga yihutirwa mu gihe Ishuti idasanzwe ya perezida yisanze hagati mu bayobozi ba AFC/M23 Read More

Meya wa Kikwit ahamagajwe byihutirwa i Kinshasa asabwa guhagarika ibikorwa byose yari arimo agahita yitabira Inama y’ibanga iteye impungenge.

Meya w’Umujyi wa Kikwit yahamagajwe byihutirwa i Kinshasa mu nama idasanzwe bivugwa ko ifite uburemere bukomeye, nk’uko bigaragara mu nyandiko yemewe na Leta yashyizweho umukono na Visi Minisitiri w’Intebe ushinzwe …

Meya wa Kikwit ahamagajwe byihutirwa i Kinshasa asabwa guhagarika ibikorwa byose yari arimo agahita yitabira Inama y’ibanga iteye impungenge. Read More

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki

Ihuriro AFC/M23 ryamaganye bikomeye Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, riyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu birombe by’amabuye y’agaciro mu gace ka Rubaya, mu Ntara ya Kivu …

AFC/M23 yamaganye Leta ya RDC iyishinja gukoresha urupfu rw’abantu barenga 200 bapfiriye mu gace igenzura mu nyungu za politiki Read More