Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya

Mu gihe Evariste Ndayishimiye yakiriwe mu cyubahiro gikomeye n’abaturage b’i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ikibazo cy’Abarundi benshi bafatirwa mu mahanga, cyane cyane …

Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya Read More

RDC: Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ryamaganye igitero cyagabwe ku cyicaro cyayo i Kinshasa cyari kigamije kwivugana umuyobozi waryo

Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umwuka wa politiki wongeye gukomera nyuma y’uko ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi rya ADD Congo ritangaje ko cyagabweho igitero gikomeye ku cyicaro …

RDC: Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi ryamaganye igitero cyagabwe ku cyicaro cyayo i Kinshasa cyari kigamije kwivugana umuyobozi waryo Read More

U Rwanda rwasubije Muyaya wahakanye yivuye inyuma ubwomatane bwa FARDC na FDLR akanavuga ku ‘baturage hafi 300 b’Abahutu biciwe mu bice biri mu maboko ya AFC/M23

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yanyomoje byeruye amagambo yavuzwe n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, ku birebana n’umubano hagati y’Ingabo za RDC (FARDC) n’umutwe …

U Rwanda rwasubije Muyaya wahakanye yivuye inyuma ubwomatane bwa FARDC na FDLR akanavuga ku ‘baturage hafi 300 b’Abahutu biciwe mu bice biri mu maboko ya AFC/M23 Read More

Hamenyekanye inkomoko y’amabuye y’agaciro akomeje kuboneka ku bwinshi mu Rwanda yoherezwa ku isoko mpuzamahanga

Umuyobozi Mukuru wa sosiyete Trinity Metals, Peter Geleta, yatangaje ko amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda afite inkomoko isobanutse kandi igenzurwa ku buryo bwubahiriza amahame mpuzamahanga, anahakana amakuru akomeje kuvugwa ko …

Hamenyekanye inkomoko y’amabuye y’agaciro akomeje kuboneka ku bwinshi mu Rwanda yoherezwa ku isoko mpuzamahanga Read More

RDC na Amerika Bagiranye Ibiganiro byo ku Rwego rwo Hejuru Bigiye Guhindura Isura y’Urugamba mu Gihe AFC/M23 Ivuga ko Itazi iby’Agahenge

Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’intambara n’umutekano muke, Guverinoma y’iki gihugu yakomeje gushimangira ubufatanye mpuzamahanga, aho yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru …

RDC na Amerika Bagiranye Ibiganiro byo ku Rwego rwo Hejuru Bigiye Guhindura Isura y’Urugamba mu Gihe AFC/M23 Ivuga ko Itazi iby’Agahenge Read More

Ingabo z’u Burundi zari zongereye imbaraga nyinshi cyane zakubitiwe bikomeye mu duce tubiri tw’i Mulenge

Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’umutwe wa MRDP–Twirwaneho …

Ingabo z’u Burundi zari zongereye imbaraga nyinshi cyane zakubitiwe bikomeye mu duce tubiri tw’i Mulenge Read More