Gen. Muhoozi na Bobi Wine mu ntambara ikaze: Umugaba Mukuru w’Ingabo yiyemereye kwivugana abayoboke ba NUP

Ibya Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, n’umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine, bikomeje gufata indi ntera iteye impungenge, nyuma y’amagambo akomeye akomeje …

Gen. Muhoozi na Bobi Wine mu ntambara ikaze: Umugaba Mukuru w’Ingabo yiyemereye kwivugana abayoboke ba NUP Read More

Hamenyekanye amayeri adasanzwe umwarimu wa Kaminuza yakoreshaga ashuka abana akabasambanya.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umwarimu wa kaminuza ufite impamyabumenyi y’ikirenga (PhD), ukekwaho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, mu bikorwa RIB ivuga ko byabereye mu bihe …

Hamenyekanye amayeri adasanzwe umwarimu wa Kaminuza yakoreshaga ashuka abana akabasambanya. Read More

Minisitiri Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda mu nama mpuzamahanga yitabiriwe na Perezida Trump na Tshisekedi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, ayoboye intumwa z’igihugu cye mu nama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu ya World Economic Forum (WEF) iri kubera i Davos mu Busuwisi. Ni …

Minisitiri Nduhungirehe ayoboye intumwa z’u Rwanda mu nama mpuzamahanga yitabiriwe na Perezida Trump na Tshisekedi Read More

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe

Umunyapolitiki ukomeye utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Seth Kikuni, yamaze kuva muri icyo gihugu mu ibanga rikomeye, nyuma y’igihe kirekire avugwaho gutotezwa, gufungwa mu buryo …

RDC: Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi yakoze igikorwa cyatunguye cyane Perezida Tshisekedi kubera uburyo cyateguranywe ubuhanga budasanzwe Read More

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi

U Burundi buri kwinjira mu bihe bikomeye by’ihungabana rikabije ry’ubukungu, umutekano n’icyizere cy’abaturage, ibintu byashyize Perezida Évariste Ndayishimiye mu cyoba gikomeye. Mu gihe Leta ikomeza kuvuga ko igihugu gifite amahoro …

Burundi: Perezida Ndayishimiye mu cyoba cyinshi nyuma y’ibiteye ubwoba byatangiye gukorwa n’urubyiruko n’abasirikare benshi Read More

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wafashe icyemezo cyo kongera kunoza no kugabanya inshingano z’abahuza b’Abanyafurika bari bashinzwe gukemura amakimbirane akomeje gufata indi ntera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi …

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wakoze impinduka zikomeye cyane ku bahuza mu kibazo cya RDC, hashyirwaho imiterere nshya y’ubuhuza Read More

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Icyubahiro muri APR FC, General Mubarakh Muganga, yashimiye umusifuzi mpuzamahanga Uwikunda Samuel wafashe icyemezo cyo kutajya asifura imikino y’ikipe akunda, asaba n’abandi …

Gen. Mubarakh Muganga yashimye umusifuzi Uwikunda Samuel, asaba abasifuzi kwirinda gusifurira amakipe bakunda Read More

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatangaje ko yatangiye gukurikirana no gukora iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye ku mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika 2025/2026 wahuje Sénégal na Maroc, wabereye …

CAF yatangiye iperereza ku myitwarire mibi yagaragaye mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika wahuje Sénégal na Maroc Read More