RDC na Amerika Bagiranye Ibiganiro byo ku Rwego rwo Hejuru Bigiye Guhindura Isura y’Urugamba mu Gihe AFC/M23 Ivuga ko Itazi iby’Agahenge

Mu gihe uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bukomeje kuba indiri y’intambara n’umutekano muke, Guverinoma y’iki gihugu yakomeje gushimangira ubufatanye mpuzamahanga, aho yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru …

RDC na Amerika Bagiranye Ibiganiro byo ku Rwego rwo Hejuru Bigiye Guhindura Isura y’Urugamba mu Gihe AFC/M23 Ivuga ko Itazi iby’Agahenge Read More

CAF iri gutegura impinduka zikomeye cyane zizatuma u Rwanda n’u Burundi byitabira Igikombe cya Afurika

Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, Dr. Patrice Motsepe, yatangaje ko hari gahunda yo kongera umubare w’amakipe yitabira Igikombe cya Afurika (AFCON), akava kuri 24 akagera kuri 28, mu …

CAF iri gutegura impinduka zikomeye cyane zizatuma u Rwanda n’u Burundi byitabira Igikombe cya Afurika Read More

Ingabo z’u Burundi zari zongereye imbaraga nyinshi cyane zakubitiwe bikomeye mu duce tubiri tw’i Mulenge

Amakuru aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aravuga ko imirwano ikomeye yongeye kubura hagati y’umutwe wa MRDP–Twirwaneho …

Ingabo z’u Burundi zari zongereye imbaraga nyinshi cyane zakubitiwe bikomeye mu duce tubiri tw’i Mulenge Read More

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More