Ifoto ya Perezida Ndayishimiye yibukije benshi ibyabaye kuri Idi Amin Dada ubwo yaterurwaga n’abazungu ayobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika

Amafoto aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, asasiwe ibitenge n’abaturage be, yateje impaka n’ibitekerezo byinshi mu Karere no muri Afurika y’Iburasirazuba. Bamwe bayabonye nk’ikimenyetso cy’icyubahiro …

Ifoto ya Perezida Ndayishimiye yibukije benshi ibyabaye kuri Idi Amin Dada ubwo yaterurwaga n’abazungu ayobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika Read More

Uganda: Umunsi Prezida Idi Amin Dada wari Umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afrika aterurwa n’abazungu.

Mu mateka ya Afurika, hari amafoto n’amateka byabaye ibimenyetso by’ibihe bidasanzwe, bimwe bigaragaza icyizere cy’ubwigenge, ibindi bikagaragaza ubuyobozi bwateje impaka n’ubwoba. Imwe mu mafoto yakwirakwiye cyane ni iyafashwe mu 1975, …

Uganda: Umunsi Prezida Idi Amin Dada wari Umukuru w’umuryango w’Ubumwe bw’Afrika aterurwa n’abazungu. Read More

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende

Minisitiri w’Umutekano  yasabye Abapasiteri bakomeye mu gihugu basigaye barindwa n’abapolisi, kubireka, bakajya barindwa n’Imana. Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, ku kibazo cy’abapasiteri basaba kurindwa …

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende Read More

Moscow: U Rwanda rwinjiye mu biganiro bikomeye n’u Burusiya ku mishinga ya nucléaire izahindura isura y’ingufu kirimbuzi

Guverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro byimbitse n’ikigo cyo mu Burusiya gishinzwe kugenzura ikoreshwa ry’ingufu za nucléaire, Rostekhnadzor, mu rwego rwo gushyiraho ubufatanye buzafasha igihugu kongera ubushobozi bwacyo mu gutunganya …

Moscow: U Rwanda rwinjiye mu biganiro bikomeye n’u Burusiya ku mishinga ya nucléaire izahindura isura y’ingufu kirimbuzi Read More

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’ikigo cy’ikoranabuhanga cya Anthropic, giherutse kugirana amasezerano na Guverinoma y’u Rwanda agamije guteza imbere ikoreshwa ry’ubwenge buhangano …

Havutse umwuka mubi hagati ya Minisiteri y’Intambara ya Amerika n’Ikigo cyo muri iki gihugu cyagiranye amasezerano n’u Rwanda Read More

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela

U Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), aho ruherutse kugirana amasezerano mashya n’ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Anthropic. Iki ni ikigo kizwi cyane …

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela Read More

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwongeye kwibutsa abawutuye ko isuku y’umubiri ari inkingi ya mwamba mu buzima bwiza n’imibereho myiza rusange, bubasaba koga umubiri wose buri munsi bakoresheje amazi meza n’isabune, …

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe Read More