Indege Itagira Umupilote Yasize Gasopo i Bujumbura, Mu gihe AFC/M23 Yinjije Abarwanyi 1,518 Biyemeza Gukuraho Ubutegetsi bwa Tshisekedi

Mu gihe intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga aravuga ku gikorwa kidasanzwe cyabereye ku Kibuga cy’Indege …

Indege Itagira Umupilote Yasize Gasopo i Bujumbura, Mu gihe AFC/M23 Yinjije Abarwanyi 1,518 Biyemeza Gukuraho Ubutegetsi bwa Tshisekedi Read More

Igisubizo cya Perezida Kagame kuri Amerika yafatiye Ibihano Igisirikare cy’u Rwanda n’abasirikare bakuru bane

Mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziherutse gufatira ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) n’abasirikare bakuru bane, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yari yamaze gutanga ubutumwa bukomeye. Ni mu ijambo …

Igisubizo cya Perezida Kagame kuri Amerika yafatiye Ibihano Igisirikare cy’u Rwanda n’abasirikare bakuru bane Read More

Perezida Trump yibasiye bikomeye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera intambara ya Iran.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kwibasira Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer, amushinja kudashyigikira igitero cya Amerika kuri Iran no “gukina politiki y’imbere mu gihugu …

Perezida Trump yibasiye bikomeye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza kubera intambara ya Iran. Read More

Rutahizamu wa Iran asezeye ikipe ye ajya kurwanira igihugu mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego

Mu gihe intambara ihanganishije Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel ku ruhande rumwe na Iran ku rundi ikomeje gufata indi ntera, rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Iran, Mehdi Taremi, yatangaje …

Rutahizamu wa Iran asezeye ikipe ye ajya kurwanira igihugu mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego Read More

AFC/M23 Yatangaje Ibyo Igiye Gukora Ihorera Willy Ngoma Mu Gihe Israel, Amerika na Qatar Bahugiye mu Ntambara na Iran

Mu gihe amahanga ahugiye mu ntambara ikomeye iri guhuza Israel, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko rigiye gukomeza ibikorwa bya gisirikare mu Burasirazuba bwa …

AFC/M23 Yatangaje Ibyo Igiye Gukora Ihorera Willy Ngoma Mu Gihe Israel, Amerika na Qatar Bahugiye mu Ntambara na Iran Read More

Ukraine n’u Burayi byinjiye mu ntambara ya Iran, Israel na Amerika yamaze kugera i Dubai na Doha.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Gashyantare 2026, intambara ikomeye cyane yubuye mu burasirazuba bwo hagati, ubwo ibisasu byarashwe mu bice bitandukanye bya Israel, ibirindiro bya Leta Zunze Ubumwe …

Ukraine n’u Burayi byinjiye mu ntambara ya Iran, Israel na Amerika yamaze kugera i Dubai na Doha. Read More