Trump Yemeje ko Amerika Yatangije “Intambara Ikomeye” kuri Iran, Asaba Ikintu Gikomeye Abayobozi b’iki Gihugu

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeje ku wa Gatandatu ko igihugu cye cyatangiye “ibikorwa bikomeye by’intambara” kuri Iran, ashimangira ko intego ari “kurinda Abanyamerika hakurwaho ibyago …

Trump Yemeje ko Amerika Yatangije “Intambara Ikomeye” kuri Iran, Asaba Ikintu Gikomeye Abayobozi b’iki Gihugu Read More

Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba

Ku mbuga nkoranyambaga no mu bitangazamakuru bitandukanye hakomeje gukwirakwira inkuru ibabaje y’impanuka y’indege yahitanye abantu 15, abandi benshi barakomereka, yavuzwe cyane muri Bolivia, mu gihe iyo ndege y’Igisirikare yari itwaye …

Indege Itwaye Amafaranga Menshi Yakoze Impanuka Ikomeye, 15 Bahasiga Ubuzima, Abaturage Bagerageza Kuyiba Read More

Ibiciro by’amabuye y’amabuye y’agaciro u Rwanda rukungahayeho bikomeje gutumbagira

Ibiciro bya tungsten, amwe mu mabuye y’agaciro akomeye ku isi, byazamutse mu mezi ashize, bikaba byatewe n’ugabanyuka kw’umusaruro woherezwaga mu mahanga ndetse n’izamuka ryo kuyifuza mu nganda nyinshi z’isi. Nk’uko …

Ibiciro by’amabuye y’amabuye y’agaciro u Rwanda rukungahayeho bikomeje gutumbagira Read More

Urujijo ku Ibaruwa y’Amahirwe y’Akazi ku Barundi mu Butaliyani: Ese Gahunda ya Ambasade y’u Burundi i Roma ni Ukuri cyangwa ni Uburiganya?

Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’u Burundi rwatangiye gukwirakwiza amakuru yavugaga ko hari amahirwe mashya yo kujya gukora mu Butaliyani biciye mu mahugurwa y’ururimi rw’Igitaliyani atangwa ku buntu. Ibaruwa iriho …

Urujijo ku Ibaruwa y’Amahirwe y’Akazi ku Barundi mu Butaliyani: Ese Gahunda ya Ambasade y’u Burundi i Roma ni Ukuri cyangwa ni Uburiganya? Read More

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela

U Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI), aho ruherutse kugirana amasezerano mashya n’ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Anthropic. Iki ni ikigo kizwi cyane …

U Rwanda rwinjiye mu isiganwa ku Isi: Rwagiranye amasezerano n’ikigo cyafashije Amerika gufata Perezida Maduro wa Venezuela Read More

Hamenyekanye inkomoko y’amabuye y’agaciro akomeje kuboneka ku bwinshi mu Rwanda yoherezwa ku isoko mpuzamahanga

Umuyobozi Mukuru wa sosiyete Trinity Metals, Peter Geleta, yatangaje ko amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda afite inkomoko isobanutse kandi igenzurwa ku buryo bwubahiriza amahame mpuzamahanga, anahakana amakuru akomeje kuvugwa ko …

Hamenyekanye inkomoko y’amabuye y’agaciro akomeje kuboneka ku bwinshi mu Rwanda yoherezwa ku isoko mpuzamahanga Read More