Kenya na Mozambique mu biganiro byagutse ku bucuruzi bwa gaz n’iterambere ry’ingufu muri Afurika

Guverinoma ya Kenya yatangiye urugendo rushya rugamije gushaka ibisubizo birambye ku kibazo cy’ingufu, yerekeza amaso ku mutungo kamere wa gaz muri Mozambique. Ibi biganiro biri mu rwego rwo kugabanya igiciro …

Kenya na Mozambique mu biganiro byagutse ku bucuruzi bwa gaz n’iterambere ry’ingufu muri Afurika Read More

Umugore n’Umugabo bajyanye Umujyi wa Kigali mu nkiko ku butaka bufite agaciro ka miliyari zirenga 5 Frw.

Mu gihe ibibazo by’ubutaka bikomeje kuba imwe mu nzitizi zikomeye mu iterambere ry’imijyi, umuturage witwa Isingizwe Yves n’umugore we Ihimbazwe Esther bagejeje ikirego mu nkiko barega Umujyi wa Kigali, bawushinja …

Umugore n’Umugabo bajyanye Umujyi wa Kigali mu nkiko ku butaka bufite agaciro ka miliyari zirenga 5 Frw. Read More

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga

Mu gihe isi igenda irushaho gukenera ibikomoka ku buhinzi bifite intungamubiri nyinshi, avoka z’u Rwanda zikomeje gufatwa nk’imari ishyushye ku isoko mpuzamahanga, bituma abahinzi bashishikarizwa kongera umusaruro no kurushaho kwita …

Avoka z’u Rwanda zabaye imari ishyushye iri gutanga agatubutse ku isoko mpuzamahanga Read More

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku misoro mishya ya Amerika runahishura ingaruka izagira ku bucuruzi bwa rwo

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko imisoro mishya yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, igira ingaruka no ku Rwanda, ariko agaragaza ko …

U Rwanda rwagaragaje impungenge ku misoro mishya ya Amerika runahishura ingaruka izagira ku bucuruzi bwa rwo Read More

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende.

Mu Mujyi wa Kigali hakomeje kuvugwa cyane inkuru y’ibishyimbo byaranduwe bikiri hafi kwera, nyuma y’amafoto n’ubutumwa byakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, bikurura impaka ndende mu baturage. Ibi byatangiye ubwo uwitwa Bagiruwubusa …

Umujyi wa Kigali wisobanuye ku bishyimbo biri hafi kwera byaranduwe bikazamura impaka ndende. Read More

Inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye gutakaza agaciro: BNR yasabye abaturage kwihutira kuzihinduza

Banki Nkuru y’u Rwanda, Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje gahunda nshya igamije kuvugurura amafaranga akoreshwa mu gihugu, aho zimwe mu noti zisanzwe ziri mu maboko y’abaturage zigiye gutakaza agaciro …

Inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye gutakaza agaciro: BNR yasabye abaturage kwihutira kuzihinduza Read More

Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen rwakomoje ku makuru yo gufunga no guhagarika ubucuruzi bwarwo mu Rwanda

Uruganda rwa Volkswagen rwakomoje ku makuru yo gufunga no guhagarika ubucuruzi bwarwo mu Rwanda Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen Group Africa rwanyomoje amakuru yari amaze iminsi akwirakwizwa n’abantu rutavuze amazina, …

Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen rwakomoje ku makuru yo gufunga no guhagarika ubucuruzi bwarwo mu Rwanda Read More

Umunyarwandakazi utazi gusoma neza yakatiwe nyuma yo gufatirwa mu mugambi wo kwiba arenga miliyoni 280 Frw muri banki

Umunyarwandakazi utazi gusoma neza yakatiwe nyuma yo gufatirwa mu mugambi wo kwiba arenga miliyoni 280 Frw muri banki Mu gihugu cya Uganda, inkuru y’umutekano muke mu rwego rw’imari yongeye kugarukwaho …

Umunyarwandakazi utazi gusoma neza yakatiwe nyuma yo gufatirwa mu mugambi wo kwiba arenga miliyoni 280 Frw muri banki Read More

Ku kibuga cy’Indege hafatiwe hafi miliyari 3 Frw zihishe mu mavarisi, hakekwa ibikorwa by’inyerezwa ry’imari ya Leta.

Ku kibuga cy’Indege hafatiwe hafi miliyari 3 Frw, hakekwa ibikorwa by’inyerezwa ry’imari ya Leta. Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, hafatiwe amafaranga menshi y’amadolari ya …

Ku kibuga cy’Indege hafatiwe hafi miliyari 3 Frw zihishe mu mavarisi, hakekwa ibikorwa by’inyerezwa ry’imari ya Leta. Read More