Perezida Tshisekedi agiye kwisubiza Bukavu, Goma na Bunagana nyuma yo kubona ubufasha budasanzwe

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, arimo gutegura intambara ikomeye yo kwisubiza ibice byose byo mu burasirazuba bw’igihugu bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23, nyuma yo kubona inkunga …

Perezida Tshisekedi agiye kwisubiza Bukavu, Goma na Bunagana nyuma yo kubona ubufasha budasanzwe Read More

Umusirikare ufite ipeti rya Capt muri FARDC yakatiwe igifungo cy’imyaka 20, azira kwifotora no gufata amashusho ari ku rugamba

Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba mu Ntara ya Ituri, Urukiko rwa Gisirikare rw’iyi ntara rwatanze icyemezo cyakomeje kuvugisha benshi, nyuma yo gukatira Capt. Buba Ambwa Jean Denis igifungo cy’imyaka 20, …

Umusirikare ufite ipeti rya Capt muri FARDC yakatiwe igifungo cy’imyaka 20, azira kwifotora no gufata amashusho ari ku rugamba Read More

Amakuru mashya: Iby’igitero simusiga cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi kigamije gukuraho Perezida Ndayishimiye

Amakuru akomeje guturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no mu bihugu bihana imbibi nayo aratanga isura nshya kandi iteye impungenge ku ntambara ihanganishije ihuriro AFC/M23 n’ubutegetsi bwa …

Amakuru mashya: Iby’igitero simusiga cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi kigamije gukuraho Perezida Ndayishimiye Read More

Uvira mu mwijima: Nyuma yo kugenda kwa AFC/M23, Abaturage batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa. Amafoto

Umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wongeye kwinjira mu bihe bikomeye by’umutekano muke n’ihungabana ry’uburenganzira bwa muntu, nyuma y’uko ihuriro AFC/M23 riwuvuyemo …

Uvira mu mwijima: Nyuma yo kugenda kwa AFC/M23, Abaturage batangiye gukorerwa ibya kinyamaswa. Amafoto Read More

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware nyuma y’ibyo bakoze bikarakaza Perezida Ndayishimiye

Igisirikare cy’u Burundi kiri mu bihe bikomeye, nyuma y’uko abasirikare barenga 500 batangiye guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku rugamba bari baroherejwemo mu …

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware nyuma y’ibyo bakoze bikarakaza Perezida Ndayishimiye Read More