Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi ufite ipeti ryo hejuru wishwe na AFC/M23 rwashenguye imitima ya benshi

Umusirikare w’u Burundi, Captain Eraste Ndayishemeze, yiciwe mu mirwano ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bivugwa ko yiciwe mu gitero cy’abasirikare b’u Burundi kuri AFC/M23 …

Urupfu rw’umusirikare w’u Burundi ufite ipeti ryo hejuru wishwe na AFC/M23 rwashenguye imitima ya benshi Read More

Bari batandatu none baramaranye ubwabo: Uko Perezida Ndayishimiye yikijije abayobozi ba CNDD-FDD batangiranye umugambi wo gusahura igihugu.

Amagambo aherutse gutangazwa na Frédéric Bamvuginyumvira wahoze ari Visi Perezida w’u Burundi yakongeje impaka ndende mu banyapolitiki, mu basesenguzi, no mu baturage, nyuma yo kuvuga ko bamwe mu bayobozi bakomeye …

Bari batandatu none baramaranye ubwabo: Uko Perezida Ndayishimiye yikijije abayobozi ba CNDD-FDD batangiranye umugambi wo gusahura igihugu. Read More

Nyuma y’u Burundi na Tanzania, Angola na yo yohereje muri RDC abasirikare badasanzwe bo gufasha FARDC kurwanya AFC/M23

Intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), aho igihugu cya Angola cyohereje abasirikare 430 bagiye gufasha ingabo za Leta ya Congo (FARDC) mu …

Nyuma y’u Burundi na Tanzania, Angola na yo yohereje muri RDC abasirikare badasanzwe bo gufasha FARDC kurwanya AFC/M23 Read More

Ubwumvikane bucumbagira hagati ya Amerika n’u Bwongereza mu gihe intambara ishobora kubura hagati ya Washington na Tehran

Umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bwongereza uri mu bihe bikomeye kurusha mbere, nyuma y’uko iki gihugu cy’i Burayi cyanze ko Amerika ikoresha ibirindiro by’ingabo zabwo mu …

Ubwumvikane bucumbagira hagati ya Amerika n’u Bwongereza mu gihe intambara ishobora kubura hagati ya Washington na Tehran Read More

Kigali: Urukiko rwapfundikiye urubanza rw’umugore wicuruza ushinjwa gusambanya umwana amushukishije amafaranga 1,000 Frw.

Mu Karere ka Gasabo, Urukiko Rwisumbuye rwaburanishije urubanza rw’umugore w’imyaka 34, ushinjwa gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 14 y’amavuko. Icyo cyaha cyabereye mu Mudugudu Karenge, Akagari ka Nyakabungo, Umurenge wa Jali, …

Kigali: Urukiko rwapfundikiye urubanza rw’umugore wicuruza ushinjwa gusambanya umwana amushukishije amafaranga 1,000 Frw. Read More

Ifoto ya Perezida Ndayishimiye yibukije benshi ibyabaye kuri Idi Amin Dada ubwo yaterurwaga n’abazungu ayobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika

Amafoto aherutse gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, asasiwe ibitenge n’abaturage be, yateje impaka n’ibitekerezo byinshi mu Karere no muri Afurika y’Iburasirazuba. Bamwe bayabonye nk’ikimenyetso cy’icyubahiro …

Ifoto ya Perezida Ndayishimiye yibukije benshi ibyabaye kuri Idi Amin Dada ubwo yaterurwaga n’abazungu ayobora Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika Read More