Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we

Abaturage b’akarere ka Umoja muri Kenya wagize agahinda kadasanzwe nyuma y’urupfu rwa Alphy Migasa, umutoza w’imyitozo ngororamubiri (gym) wari ukunzwe cyane muri ako gace. Amakuru aturuka mu baturage b’aho byabereye …

Umusirikare wari uvuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro yishe umutoza wo muri Gym wasigaye yita ku mugore we Read More

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi.

Abaturage bo mu Murenge wa Bushekeli, mu Karere ka Nyamasheke, baguye mu kantu nyuma y’urupfu rubabaje rw’umugore w’imyaka 59 wasanzwe mu muferege w’umuhanda, yishwe mu buryo bukomeye kandi buteye ubwoba, …

Urupfu rwa Nyiranzabamwita Phelomène wishwe bya kinyamaswa rukomeje kuzamura imbamutima benshi. Read More

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More

Abasirikare babiri mu ngabo z’igihugu bitabye Imana bari mu myitozo idasanzwe ya gisirikare. Amafoto

Abasirikare babiri bo mu Ngabo zirwanira mu Kirere z’igihugu cya Thailand (Royal Thai Air Force) bapfiriye mu mpanuka y’indege ya gisirikare yaguye mu ishyamba riri mu majyaruguru y’icyo gihugu, mu …

Abasirikare babiri mu ngabo z’igihugu bitabye Imana bari mu myitozo idasanzwe ya gisirikare. Amafoto Read More

Burundi: Imbonerakure 35 zafunzwe zikurikiranyweho ubucuruzi bwa magendu n’ibikorwa bibangamira umutekano

Mu Ntara ya Bujumbura, mu Burengerazuba bw’u Burundi, inzego z’umutekano zafunze Imbonerakure 35 zishinjwa kwishora mu bucuruzi bwa magendu burimo gucuruza lisansi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ndetse no kugira uruhare …

Burundi: Imbonerakure 35 zafunzwe zikurikiranyweho ubucuruzi bwa magendu n’ibikorwa bibangamira umutekano Read More

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wongeye kwikoma ubuyobozi bw’u Burundi, uhakana ibirego bya Perezida Evariste Ndayishimiye byawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 riri mu ntambara mu burasirazuba …

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi Read More