Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende

Minisitiri w’Umutekano  yasabye Abapasiteri bakomeye mu gihugu basigaye barindwa n’abapolisi, kubireka, bakajya barindwa n’Imana. Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu muri Uganda, Kahinda Otafiire, ku kibazo cy’abapasiteri basaba kurindwa …

Igisubizo cya Minisitiri w’Umutekano ku bapasiteri basaba kurindwa n’abapolisi cyazamuye impaka ndende Read More

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwongeye kwibutsa abawutuye ko isuku y’umubiri ari inkingi ya mwamba mu buzima bwiza n’imibereho myiza rusange, bubasaba koga umubiri wose buri munsi bakoresheje amazi meza n’isabune, …

Kigali: Ubuyobozi bw’Umujyi bwibukije abawutuye koga umubiri wose buri munsi no kwambara imyenda imeshe Read More

Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya

Mu gihe Evariste Ndayishimiye yakiriwe mu cyubahiro gikomeye n’abaturage b’i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano zo kuyobora Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, ikibazo cy’Abarundi benshi bafatirwa mu mahanga, cyane cyane …

Polisi ya Zambia yafashe Abarundi benshi mu gihe Perezida Ndayishimiye yakiriwe nk’intwari i Bujumbura nyuma yo guhabwa inshingano nshya Read More

Kigali: Umusore yafashwe n’umukunzi we ku munsi wa Saint Valentin ari kumwe n’indi nkumi, havuka impagarara

Mu Mujyi wa Kigali, umunsi wa Saint Valentin wasize amateka atari meza ku musore w’imyaka 35 witwa Byiringiro Alain, wafashwe n’umukunzi we bari bamaze imyaka itanu bakundana, ari mu nzu, …

Kigali: Umusore yafashwe n’umukunzi we ku munsi wa Saint Valentin ari kumwe n’indi nkumi, havuka impagarara Read More

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye

Mu Karere ka Gatsibo haravugwa inkuru yateje agahinda n’impaka nyinshi mu baturage, nyuma y’uko umugore w’imyaka 24 witwa Uwase yiyahuye ku munsi wahariwe abakundana, uzwi nka Saint Valentin, nyuma yo …

Urupfu rw’umugore wiyahuye nyuma yuko asanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’abakundana rwateje impaka zikomeye Read More

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72

Umugore w’Umufaransa, Gisèle Pelicot, yongeye kuvuga ku mateka ye akomeye y’ihohoterwa yakorewe n’uwahoze ari umugabo we, ashimangira ko n’ubwo urubanza rwarangiye, hari ibibazo byinshi atarabonera ibisubizo. Uyu mugore w’imyaka 74 …

Urukiko rwakatiye imyaka 20 umugabo nyuma yo gufata ku ngufu umugore we no kumutegeza abandi bagabo 72 Read More

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto

Mu gihe ubworozi bukomeje kugaragara nk’imwe mu nkingi z’iterambere ry’ubuhinzi n’ubukungu bw’u Rwanda, Ruzagiriza Francis utuye mu Karere ka Kayonza ari mu borozi b’intangarugero bageze ku rwego rushimishije mu bworozi …

Yunguka ibihumbi 300 ku munsi: Umworozi woroye ingurube zirenga 900 ushaka no kubaka uruganda yatunguye benshi. Amafoto Read More

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho

Umugabo w’Umurusiya wahimbwe akazina ka “Balthazar” kubera ibikorwa bye, ari gushakishwa n’inzego z’umutekano mu bihugu bitandukanye bya Afurika nyuma yo gukekwaho gusambanya abagore n’abakobwa benshi, akabafata amashusho y’ubwambure bwabo, hanyuma …

‘Balthazar’ w’Umurusiya ari guhigishwa uruhindu nyuma yo gusambanya abagore benshi muri Afurika no kubafata amashusho Read More