Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira

Mu Karere ka Jinja, abarimu 20 hamwe n’abayobozi b’amashuri batatu bafashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugaragara bigisha abanyeshuri mbere y’itangira ry’umwaka w’amashuri, icyemezo kitubahirije amategeko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu. Ubuyobozi bw’akarere …

Abarimu 20 batawe muri yombi bazira kwigisha abana mbere yuko amasomo yongera gutangira Read More

Meya wa Kikwit ahamagajwe byihutirwa i Kinshasa asabwa guhagarika ibikorwa byose yari arimo agahita yitabira Inama y’ibanga iteye impungenge.

Meya w’Umujyi wa Kikwit yahamagajwe byihutirwa i Kinshasa mu nama idasanzwe bivugwa ko ifite uburemere bukomeye, nk’uko bigaragara mu nyandiko yemewe na Leta yashyizweho umukono na Visi Minisitiri w’Intebe ushinzwe …

Meya wa Kikwit ahamagajwe byihutirwa i Kinshasa asabwa guhagarika ibikorwa byose yari arimo agahita yitabira Inama y’ibanga iteye impungenge. Read More

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga.

Mu Karere ka Rutsiro haravugwa inkuru ibabaje y’umusore w’imyaka 23 watawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’imyaka icyenda wo mu muryango we wa hafi, babanaga mu rugo rumwe kwa nyirakuru …

Yari yaramugize umugore we: Umusore w’imyaka 23 yisanze mu maboko atari aye nyuma yo gusambanya mubyara we w’imyaka babanaga. Read More

Burundi: Imbonerakure 35 zafunzwe zikurikiranyweho ubucuruzi bwa magendu n’ibikorwa bibangamira umutekano

Mu Ntara ya Bujumbura, mu Burengerazuba bw’u Burundi, inzego z’umutekano zafunze Imbonerakure 35 zishinjwa kwishora mu bucuruzi bwa magendu burimo gucuruza lisansi mu buryo bunyuranyije n’amategeko, ndetse no kugira uruhare …

Burundi: Imbonerakure 35 zafunzwe zikurikiranyweho ubucuruzi bwa magendu n’ibikorwa bibangamira umutekano Read More

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi

Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara wongeye kwikoma ubuyobozi bw’u Burundi, uhakana ibirego bya Perezida Evariste Ndayishimiye byawushinje gukorana na Leta y’u Rwanda, ihuriro AFC/M23 riri mu ntambara mu burasirazuba …

Umutwe wa RED Tabara wakomoje ku gukorana n’u Rwanda, AFC/M23 no guhirika ubutegetsi mu Burundi Read More

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe.

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) ku bufatanye na Polisi y’u Rwanda cyatangije gahunda yihariye igamije gukemura burundu ikibazo cy’abantu batunze ibinyabiziga bitanditse mu mazina yabo, binyuze mu ihererekanya ryemewe rizwi …

Bamwe mu batunze Moto n’Imodoka mu Rwanda bagiye kubyamburwa izindi zifatirwe. Read More

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye

Mu gihe ubuyobozi bw’igisirikare cy’u Burundi bukomeje gutangaza ko ibintu bimeze neza, hari indi shusho igenda igaragara kure y’amaso ya rubanda. Iyi shusho igaragarira mu buhamya bw’abasirikare bavuye mu gihugu, …

Ubutumwa bw’umusirikare w’u Burundi wahungiye i Dubai bwakanguye benshi bunarakaza bikomeye Perezida Ndayishimiye Read More